AFC/M23 yavuze ku hazaza hayo nyuma y’amasezerano ya DRC n’u Rwanda
Ihuriro rya politiki n’igisirikare Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) riteganya kugira icyo ritangaza ku cyerekezo ryahisemo nyuma y’ihungabana ryagaragaye mu biganiro by’amahoro byaberaga i Doha muri Qatar, aho ryari rimaze igihe riganira n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC). Ibi biteganyijwe gutangazwa mu
Abahanzi Element EleéeH na Kevin Kade bageze USA bakirwa neza nk’ibyana by’ingagi(Amafoto)
Abahanzi nyarwanda EleéeH na Kevin Kade bamaze kugera mu Mujyi wa Dallas, Texas, aho bagiye kwitabira ibirori bya Rwanda Convention USA 2025. Ibi birori biteganyijwe kuba kuva ku itariki ya 4 kugeza kuya 6 Nyakanga 2025, bikazabera muri Irving Convention Centre, mu Ntara
Menya aho izina rya Radio Muhabura ryaturutse
Izina Muhabura risobanura guhabura umuntu wayobye ,inkotanyi igihe zavaga mu gihugu cya Uganda zashinze Radio ziyita Muhabura bagamije guhabura abahabye kubera ubutegetsi bwa Maj Habyalimana Juvenal ,iyi Radio rero yitiriwe igitekerezo cyo kugarura mu murongo abanyarwanda bayobye. Iyi Radio ikaba yaragize uruhare runini
Uganda:Gen Muhoozi yatanze itegeko ryo kwirukana abahanuzi b’ibinyoma
Umugaba mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Gen Maj Muhoozi Kainerugaba yatanze itegeko kuri polisi yiki gihugu ko ikwiye gufata abahanuzi bose b’ibinyoma birirwa bazenguruka mu mujyi wa Kampala. Muhoozi yavuze ko bano biyita abavuga butumwa birirwa bazenguruka umujyi ko icyo baba bakora
RDC: Ubwoba ni bwose mu mujyi wa Uvila
Ubwoba ni bwose mu mujyi wa Uvila ,ni nyuma yuko M23 yamaze kugeza abasirikare benshi hano muri Kivu y’amajyepfo, abo basirikare bakaba bajyanywe mu duce dukikije teritwari ya Uvila nkuko byagaragaye k’umugoroba wo kuri uyu wa kabiri. Kuri tariki ya 1 nyakanga 2025
Burundi: Abasirikare bavuye k’urugamba na M23 bashimwe na Perezida Ndayishimiye
Perezida Evariste Ndayishimiye w’uburundi, kuri uyu wa kabiri yahembye abasirikare batatu bari bo u burundi bwari bwarohereje kurwana muri repubulika iharanira demokarasi ya congo Aba basirikare bari mu babarirwa mubihumbi u burundi bwari bwarohereje kurwana kuruhande rwa Leta ya RDC , mu ntambara
RDC:MRDP Twirwaneho yashyizeho ubuyobozi bushya,ni bantu ki?
Ishyaka rir mu ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi ariryo rya AFC/M23 ,MRDP Twirwaneho ryashyizeho abayobozi bashya biri shyaka . Freddy Kaniki Rukema usanzwe ari visi peresida w’ihuriro AFC rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya congo ushinzwe ubukungu n’imari , yagizwe perezida w’umutwe
RDC/USA:Perezida Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura FDLR
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe Za Amerika Donald Trump yashyizeho umusirikare ushinzwe ibikorwa byo kurandura umutwe w’iterabwoba wa FDLR,ndetse akaza anashinzwe gukurikirana ibikorwa byo gukuraho ingamba z’ubwirinzi ku Rwanda nk’uko byemejwe mu masezerano yasinywe hagati ya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo na Repubulika
Rwanda: Abasirikare 20 b’Abarundi n’abandi bo mu bihugu bigize EAC bari gufasha abatishoboye.
Rwanda: Abasirikare 20 b’Abarundi n’abandi bo mu bihugu bigize EAC bari gufasha abatishoboye. Iki gikorwa cyatangiye kuwa 29/6/2025, kikaba kiri mu mugambi wa CIMIC (Coopération Civilo-Militaire / Ubufatanye hagati y’abasivile n’igisirikare), ugamije gukomeza umubano n’ubufatanye hagati y’abaturage n’inzego z’umutekano mu bihugu bigize Umuryango
Mukobwa/Mugore: Dore ibyo wakorera umugabo wawe ntazigere aguca inyuma
Twabateguriye bimwe mu byagufasha kurinda umugabo wawe kutaguca inyuma harimo nko kumuganirirza mbere yuko mwubaka urugo , Gerageza guhange udushya mu gihe cyo gutera akabariro ,ndetse umwereke ko ntawamusimbura muri iki gikorwa. N’ubwo ingo nyinshi zikunze gusenyuka biturutse ku makimbirane akenshi usanga ashingiye