Iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari kubona urupfu/Perezida Kagame Paul
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’umuryango w’ubukungu w’Afurika y’Amajyepfo SADC zari zaje mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo zari zifite gahunda yo kurasa u Rwanda,gusa ashimangira ko iyo zibeshya zigakomeza kurasa zari guhura n’urupfu. Perezida Paul
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye ubutumwa nyina umubyara!
Mbere yo gupfa, yasize yandikiye message nyina umubyara! Umunya Brezilikazi Juliana Marins yaguye mu manga ya metero 1000 ku musozi wa Rinjani muri Indoneziya. Lombok, Indoneziya, 21 Kamena 2025: Juliana Marins, Umunya brezilakazi w’imyaka 26, wari mu rugendo rw’ubukerarugendo n’ubushakashatsi muri Aziya
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite.
Leta y’Uburundi ihakana ibivugwa na TV5 Monde ivuga ubucuruzi bw’abantu n’ubuja bukorerwa abarundikazi muri Arabia Saoudite. “Baracuruzwa nk’ibintu”, umurundikazi aratabaza avuye muri Arabia Saoudite Leta y’Uburundi yamenyesheje ko yagaye ibyasohowe na televiziyo TV5 Monde, by’uko hari abarundikazi boherezwa muri Arabia Saoudite kugira
Twafashe icyemezo ko ingabo z’u Rwanda zizaba umusingi wo guhindura igihugu/ brig Gen Rwivanga
Mu kiganiro n’itangazamakuru umuvugizi w’iIngabo z’u Rwandayakoze asobanura ibyerekeranye n’urugamba rwo kubohora igihugu no guhagarika Jenoside yakorerwaga Abatutsi 1994 yasobanuye uburyo bafashe ibyemezo bikomeye n’uburyo bemeje ko ingabo z’u Rwanda arizo zizagira uruhare rukomeye mu guhindura isura y’igihugu. Yanagaragaje uburyo kwibohora nyabyo kwabonetse
RDC:Kiliziya yitiriwe Mutagatifu Faransisiko wa Assise yafunzwe i Lubumbashi
Tariki ya 2 Nyakanga 2025,Myr Fulgence Muteba ,Arikiyepiskopi wa Lubumbashi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ,yafunze kiliziya ya paruwasi yitiriwe Mutagatifu Faransisiko wa Assise,iherereye ahitwa Luano,nyuma y’ibikorwa byo kuyihumanya byakozwe n’abagizi ba nabi mu ijoro ryo kuwa 1Nyakanga 2025. Nk’uko bitengazwa na
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera!
Kaminuza y’u Burundi: abakobwa barashinja umwarimu wabo kubahohotera! Bujumbura, hari abakobwa biga muri Kaminuza y’u Burundi, mu by’ubushakashatsi bwa Politike n’Impuguke mu by’Ubutwererane mpuzamahanga, bafite ikibazo gikomeye kirebana n’ingeso bavuga ko zikorwa n’umwarimu wabo, Dr Dionise ARAKAZA, bamurega ko abategeka kuryamana nawe
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe.
Akazi cyangwa Ubucakara? Abarenga 17,000 b’abarundi boherejwe mu bihugu by’abarabu, bamwe baragarutse barakomerekejwe. Byibura abarundi 17,000 bamaze koherezwa ku mugaragaro mu bihugu by’abarabu, aho bajyanywe mu rwego rwo gukorera yo akazi binyuze mu masezerano y’ubufatanye hagati ya Leta y’ Uburundi na Arabiya Sawudite.
RDC/AFC,M23:Niba bashaka ko dusubira mu biganiro biduhuza nabo i Doha nibubahirize ibyo tubasaba
Mu kiganiro ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Kinshasa ryagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane ,tariki ya 3Nyakanga 2025 watangaje ko ufite ubushake bwo gusubira mu biganiro bibahuza n’ubutegetsi bwa Kinshasa gusa ugira ibyo usaba ubwo butegetsi bukwiye kubahiriza kugira ngo iri huriroribe ryakitabira ibi
Nukorera ibi bintu umukunzi wawe azahora akwirahira
Dore ibintu ushobora gukorera umukunzi wawe kugira ngo ubagarire urukundo rwanyu kandi unamushimishe bityo utavaho witesha amahirwe yo gukunda no gukundwa mu buzima bwawe. 1. Mu gihe uri kumwe n’uwo ukunda, jya ugerageza kumubwira mu ijwi ryoroheje ndetse akenshi nujya kumubwira akantu gasekeje
Akazi katoroshye ingabo zakoze mu buvuzi mu mezi atatu(Amafoto)
Minisitiri w’Ubuzima w’u Rwanda, Dr. Sabin Nsanzimana, yagaragaje ishimwe rikomeye ku gikorwa cy’ubuvuzi bwakorewe abaturage barenga ibihumbi 40, gifatanyijwemo n’inzobere mu buvuzi zaturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) hamwe n’inzego z’umutekano z’u Rwanda. Yabitangaje ku wa Kane, tariki ya 3