Musanze:Inzoga zashyize akadomo ku buzima bw’umuturage
Ryambabaje, w’imyaka 35, wari utuye mu Kagari ka Nturo, Umurenge wa Rwaza mu Karere ka Musanze, yasanzwe yapfiriye aho yari yacumbikiwe na mubyara we. Birakekwa ko yishwe n’inzoga nyinshi yakundaga kunywera mu nda nsa. Amakuru avuga ko ku wa 6 Nyakanga 2025 yari
Urubanza rwa Ingabire Victoire rwasubitswe
Mu gitondo cyo kuwa 8 Nyakanga 2025 umunyapolitiki utavugwa rumwe na Leta, Ingabire Victoire habereye urubanza rwabereye ku Rukiko rw’ibanze rwa Kicukiro aho yari yunganiwe na Me Gatera Gashabana. Ingabire Victoire yavuze ko hari amajwi ari muri sisisteme atabashijr kumva. Ni amajwi yakuwe
Rubavu:Muze muhahe mwidagadure umutekano urarinzwe/Mayor Mulindwa
Umuyobozi w’akarere ka Rubavu Mulindwa Prosper afatanyinye n’umuyobozi wa Company YirungaLtd yateguye iserukiramucogurisha ryiswe Kivu Beach Expo & Festival bafunguye ku mugaragaro iri serukiramucogurisha,bizeza abarigana umutekano ndetse n’ibyiza byinshi babafitiye. Umuyobozi w’akarere ka Rubavu ku cyerekeranye n’umutekano yahamagariye abatuye mu Rwanda no
Abagize Umuryango wa Perezida Tshisekedi bakurikiranyweho ubusahuzi bw’amabuye y’agaciro
Ubushinjacyaha bwo mu gihugu cy’u Bubiligi bwashyikirijwe ikirego gishingiye ku byaha bikomeye byo kwiba amabuye y’agaciro, bivugwa ko byakozwe n’abantu icyenda bo mu muryango wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi. Abo bantu bashinjwa kugira uruhare mu busahuzi bw’amabuye y’agaciro
U Rwanda rwagize impungenge kubacacuro RDC ikomeje kuzana,rwagize impungenge ku masezerano ya Washington
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe atangaza ko nubwo u Rwanda rufite icyizere ku Masezerano y’Amahoro ruherutse gusinyana na DRC i Washington, ariko gicagase, kuko iki Gihugu gikomeje kuzana intwaro za rutura mu burasirazuba bwacyo ndetse cyanazanye abandi bacancuro. Ibi byose biri
Afurika Y’Epfo:Minisitiri wa Polisi arashinjwa gukorana n’agatsiko k’abagizi ba nabi
Minisitiri wa Polisi muri Afurika Y’Epfo arashinjwa gukorana n’amatsinda y’abagizi ba nabi no kwivanga mu iperereza rya Polisi ku bwicanyi bufitanye isano n’abanyepolitike n’ibindi byaha byakorewe mu ntara ya KwaZulu-Natal. Minisitiri Senzo Mchunu yashinjwe ibi bikorwa bishobora kuba bigize ibyaha ,nyuma yuko agaragaye
RDC/Uvira:Umutwe wa Twirwaneho wagabweho ibitero n’igisirikare cya Leta ya Kinshasa mu gace ka Rurambo
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati y’ingabo zirwana ku ruhande rw”ihuriro ry’ingabo za Leta Kinshasa ,ingaboza FARDC zifatanyije n’ingabo z’igihugu cy’u Burundi ,Wazalendo na FDLR baraye bagabye igitero ku barwanyi ba Twirwaneho/m23 bari mu bice bya Rurambo. Amakuru ava muri bino bice yemeza ko
Rayon Sports yegukanye umukinnyi ukomeye wa Mukura VS
Ntarindwa Aimable, umukinnyi wo hagati usanzwe azwiho gukina yugarira, yamaze kumvikana na Rayon Sports kuzayikinira kugeza mu mpeshyi ya 2027, nyuma yo gusinya amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu mukinnyi wakiniraga Mukura Victory Sports, yamaze gushyira umukono ku masezerano ye kuri uyu wa Mbere mu
Perezida Museveni yavuze ku byo guha ubwenegihugu impunzi z’Abanyarwanda muri Uganda
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yavuze ko impunzi z’Abanyarwanda zituye muri icyo gihugu zidashobora guhabwa ubwenegihugu bwa Uganda, kuko amategeko ahari ubu atabyemera. Ibi yabigarutseho ku wa 7 Nyakanga 2025, asubiza ibibazo ku bibazo bimaze igihe bivugwa bijyanye n’uburenganzira bw’abimukira bakomoka mu
Uwari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya yapfuye nyuma yo gukurwa ku mirimo
Roman Starovoit, wahoze ari Minisitiri w’Ubwikorezi mu Burusiya, yapfuye ku wa Mbere tariki ya 7 Nyakanga 2025, nyuma y’amasaha make akuwe kuri izi nshingano na Perezida Vladimir Putin. Umurambo we wasanzwe muri kimwe mu bice byo mu Murwa Mukuru wa Moscow, aho bawusanze