Umunyamakuru wasabye umugore amafaranga ngo azafunguze umugabo we yatawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umunyamakuru ukekwaho kwiyita umwunganizi mu mategeko agasaba umugore ufite umugabo ufunzwe amafaranga ngo azamwunganire mu mategeko. Uyu munyamakuru yatse amafaranga umugore w’umugabo ufunzwe akekwaho icyaha, amwizeza ko azamwunganira mu mategeko, uwo mugore arayamuha. Nyuma umunyamakuru yaje
URUPFU RUTUNGURANYE RWA COLONEL BUKISELI LOKITO.
URUPFU RUTUNGURANYE RWA COLONEL BUKISELI LOKITO. Uvira (RDC), mu masaha ya saa kumi n’ebyiri za mugitondo kuri uyu wa gatatu tariki ya 31 Nyakanga 2025, inkuru yamenyekanye nk’umurabyo: Colonel BUKISELI LOKITO, umwe mu basirikare bakuru ba FARDC (Forces Armées de la République
MINEDUC yatangaje ingamba nshya ku barimu batazi Icyongereza
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yatangaje ko abarimu n’abayobozi b’ibigo by’amashuri y’inshuke, abanza n’ayisumbuye bari guhugurwa ku rurimi rw’Icyongereza kugira ngo barusheho kurwigisha neza, ndetse n’abazatsindwa isuzuma ryabigenewe batazahita bakurwa mu mirimo ahubwo bazakomeza guhugurwa kugeza bageze ku rwego rusabwa. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Uburezi,
Uvira: Umu-Colonel wa FARDC yishwe n’inkoni muri gereza azize indaya
Mu mujyi wa Uvira mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, haravugwa akavuyo gakomeye nyuma y’urupfu rwa Colonel Bukiseli Lokito, umwe mu basirikare bakuru ba FARDC. Yitabye Imana nyuma yo gukubitwa bikomeye ubwo yari yajyanywe muri gereza ya gisirikare ya Bataillon PM
Umugabo yiyise dogiteri abaga abarwayi babiri bagwa ku iseta
Umugabo witwa Francis Taulula w’imyaka 27 yakatiwe gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko bigaragaye ko yabeshye ko ari umuganga, akabaga abarwayi batatu bikabaviramo urupfu. Ubwo yagezwaga imbere y’Urukiko rwa Buganda, Francis Taulula ubusanzwe ukomoka mu gace ka Pallisa mu Burasirazuba bwa Uganda, yemeye ko
Ibyavuye mu nteko ishinga amategeko ku masezerano y’amahoro hagati y’uRwanda na DRC
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda bamaze gutora itegeko ryemeza burundu amasezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasinyiwe i Washington, Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mezi make ashize, binyuze mu buhuza bw’icyo gihugu. Mu gusobanura iby’ayo masezerano,
Perezida Kagame yakiriye ambasaderi mushya w’Ubushinwa mu Rwanda
Ambasaderi mushya w’Ubushinwa,Gao Wenqi yaraye agejeje kuri Perezida Kagame inyandiko zimwemerera guhagararira inyungu z’igihugu cye i Kigali. Ambasaderi w’u Rwanda i Beijing ni James Kimonyo. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 29, Nyakanga, 2025 nibwo Perezida Paul Kagame yakiriye izo mpapuro
RDC: Urupfu rw’Umuyobozi w’Ibiro bya Constant Mutamba, Bwana Me Alidor Kahisha Munemeka.
RDC: Urupfu rw’Umuyobozi w’Ibiro bya Constant Mutamba, Bwana Me Alidor Kahisha Munemeka. RDC: page noire Page noire (mu rurimi rw’igifaransa): “Urupapuro rw’umukara”, ni imvugo ikoreshwa mu itangazamakuru cyangwa ku mbuga nkoranyambaga iyo hatangajwe inkuru y’urupfu cyangwa impanuka ikomeye, ikaba ibabaje. Ibisobanuro
Imitwe yitwaje intwaro yongeye guhurira muri Uvira: Uburyo bushya bwo guhangana na M23. Goma amabandi yatwitse. Amakuru ya Walikale.
Imitwe yitwaje intwaro yongeye guhurira muri Uvira: Uburyo bushya bwo guhangana na M23. Goma amabandi yatwitse. Amakuru ya Walikale. Mu gihe intambara ikomeje gukaza umurego mu ntara za Kivu y’Amajyepfo n’iya Ruguru, imitwe yitwaje intwaro irimo Wazalendo yongeye kwishyira hamwe muri
Kwicara cyane bitera indwara nyinshi.
Kwicara cyane bitera indwara nyinshi. kwicara cyane bingana no kunywa itabi kuko bitiza umurindi indwara nyinshi zirimo guturika kw’imitsi yo mu bwonko, indwara z’umutima n’umugongo. Kwicara igihe kirekire (nko mu biro, imbere ya mudasobwa, cyangwa kuri televiziyo) bimaze kwemezwa na benshi