Uganda:Perezida Museveni yaba yabujije muramu wa Gen Muhoozi kongera kwiyamamariza kuba depite?
Kwikura mu matora kwa Musherure kubayeho nyuma y’iminsi mike yongeye gushyamirana na murumuna wa Perezida Museveni ,witwa Sodo Aine Kaguta bombi bapfa umwanya wo mu nteko Ishinga amategeko. Shartsi Musherure usanzwe ari muramu wa Gen Muhoozi Kainerugaba ,yatunguranye avuga ko atazongera kwiyamamariza kujya
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zifatanyije na Israel mu bitero ku byanya bya nikeleyeri bya Irani, bikaba bishobora gutera intambara nini kurushaho. Ku mugoroba wo ku wa gatandatu, Perezida Donald Trump yagejeje ijambo ku gihugu avuga ko indege za gisirikare za Amerika
Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi.
Burundi mu ntara ya Rumonge indagara zirabona umugabo zigasiba undi. Ku mbuga nkoranya mbaga hashize iminsi hakwirakwiza amakuru avuga ko mu gihugu cy’Uburundi ahitwa Rumonge, ikiro kimwe cy’indagara kiruta kure umushahara umupolisi cyangwa umusirikare wo hasi ahembwa ku kwezi. N’uko imibare ibigaragaza, mu
Cote d’Ivoire: Perezida Alassane Ouattara yemejwe nk’umukandida Perezida mu matora ataha
Ishyaka riri k’ubutegetsi mu gihugu cya Cote d’Ivoire ryemeje Perezida Alassane Ouattara nk’umukandida Perezida wiri shyaka mu matora ataha ,ngo azongere guhatanira uyu mwanya ku shuro ya kane. Alassane yemejwe nk’umukandida Perezida wiri shyaka nyuma y’iminsi ibiri,amashyaka amurwanya atangije ibikorwa birwanya kandidatire yiwe
RDC:Menya ibyo Gen Muhoozi yaganiriye na Perezida Felix Antoine Tshisekedi.
Perezida wa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo Nyakubahwa Felix Antoine Tshisekedi yabonanye n’umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka ,Gen Maj Muhoozi Kainerugaba uri i Kinshasa m’uruzinduko rw’akazi aho yagiye mu bikorwa bya gisirikare byo kuvugurura amasezerano y’imikoranire ihuriweho hagati y’igisirikare cya Uganda
Rwanda/Burundi: Umubano wa Kigali na Gitega waba ugiye kuzahuka?
Umubano w’igihugu cy’U Rwanda n’igihugu cy’U Burundi umaze igihe urimo agatotsi kubera ibibera m’uburasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo aho u Rwanda rushinja Uburundi gukongeza umuriro mu makimbirane Ari hagati y’ibihugu byombi , Uburundi nabwo bugashinja u Rwanda gucumbikira abagize uruhare mugushaka
Ingabo za leta na Twirwaneho bazindukiye mu mirwano
Nyuma y’ibitero byo kuri uyu wa gatanu ihuriro ry’ingabo za Congo zagabye mu Minembwe no mu burasizuba bwayo, muri iki gitondo zongeye kugaba ikindi gitero kurubu imirwano ikomeye ikaba ihanganishije ihuriro ry’ingabo za leta n’abarwanyi ba Twirwaneho. Amakuru agaragaza ko iki gitero iri
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA).
Isesengura ry’ukuntu misile za Iran zabashije kunyura kuri systeme y’ubwirinzi ya Leta zunze ubumwe za Amerika (USA). Dore isesengura ry’uko misile za Iran zabashije kunyura kuri système ya THAAD ya Amerika, n’impamvu eshanu zikomeye zituma izi ntwaro nshya zigora cyane ubwirinzi bwa
Joel Brown yagaragaje ubuhanga budasanzwe, bituma Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahindura indirimbo “Pom Pom” burundu
Umuhanzi w’Umunyanijeriya akaba n’umutegura indirimbo (producer), Joel Brown, yakoze igikorwa cyatangaje benshi mu ndirimbo nshya yitwa Pom Pom, ku buryo Bruce Melodie na Diamond Platnumz bahisemo gusubiramo ibice byabo bari bararirimbye mbere, kugira ngo bihuze n’imbaraga n’ubuhanga uyu muhanzi yashyizemo. Iyi ndirimbo yatangiye
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose!
Minisitere y’abakozi ba Leta n’umurimo itanze konji icyumweru cyose! Kuwa 20/6/2025, ku rukuta rwa X rwa minisitere y’abakozi ba leta n’umurimo hasohotse itangazo rigaragaza iminsi y’ikiruhuko uko izakurikirana, bigaragara ko hazabaho konji icyumweru cyose. Iryo tangazo riragira riti ”Minisiteri y’abakozi ba Leta