Iran na Israel mu Ntambara y’Ikoranabuhanga: Intwaro n’Ubwirinzi bugezweho biri hagati mu makimbirane
Mu gihe ibihugu bibiri bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati, Iran na Israel, bikomeje guterana amagambo n’ibisasu, uburyo bugezweho mu gukoresha intwaro n’indege z’intambara nibwo bugena uko ibibera ku rugamba bigenda. N’ubwo igihugu gishobora kugira abasirikare benshi kandi b’intwari, igihe kidafite ibikoresho bijyanye n’igihe,
Imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo na M23 muri Rutshuru yahitanye abasiviri 2
umutekano ukomeje kuba muke mu mujyi wa Nyanzale, muri Rutshuru, mu majyaruguru ya Kivu, aho imirwano yongeye kubura kuri iki cyumweru nyuma ya saa sita, ku ya 22 Kamena, hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’umutwe wa M23 ni mu gihe hari hagaragaye agahenge mu
Kevin Kade wari witezwe mu bitaramo bya MTN I Wacu na Muzika Festival ntakibigaragayemo
Umuhanzi ukunzwe cyane muri iyi minsi, Kevin Kade, agiye guhagararira u Rwanda mu birori by’abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizwi nka ‘Rwanda Convention’, nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye n’isosiyete ishinzwe gutegura ibitaramo muri Afurika y’Iburasirazuba, Eastern Africa Promoters (EAP).
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025 Icyo urutonde rushingiraho: Uburyo igihugu kiyobowe (neza cyangwa nabi), kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage, kuba umuyobozi ufite icyerekezo rusange kandi gihuriweho, ivangura ry’ubutegetsi rishingiye ku nyungu bwite cyangwa ku gushaka gukundisha
Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfiriye mu ishyamba, hakekwa irondo
Mu gitondo cyo ku wa 22 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagari ka Matyazo mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Huye, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 20 witwa Nkurunziza Patrick, aho bivugwa ko yagiririwe nabi nyuma yo gufatwa n’abanyerondo b’umwuga. Amakuru aturuka mu
Ahazaza ha M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano ya Washington hamenyekanye
Nyuma yuko ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na RDC bazashyira umukono ku masezerano mu muhango uzaba ku ya 27 Kamena imbere ya Marco Rubio, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika . Amakuru aturuka hafi y’abayobora ibi biganiro avuga ko ikibazo cy’inyeshyamba za
Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi
Umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Habineza Fils François, ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Burayi, aho agomba kwinjira muri Midtjylland FC, imwe mu makipe akomeye mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark. Amakuru yizewe avuga ko Habineza azagenda ku wa Gatatu tariki ya 25
USA:Ndagusaba ko watanga internet y’ubuntu muri Iran/Richard Grenell.
Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump ,Richard Grenell ,yasabye umuherwe Elon Musk ,ko yatanga internet ku buntu mu gihugu cya Iran kugira ngo inshuti ze zibashe kubonera amakuru ku gihe. Ibi yabitangaje nyuma y’ahoPerezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ,Donald Trump ,atangaje ko
Umujyanama wa Kabila avuga ko gusinya n’u Rwanda bitacyemura ibibazo bya RDC byonyine
Barnabé Kikaya Bin Karubi umujyanama mubya politike wa Joseph Kabila, yamaganye gukemura ikibazo cya Kongo hifashishijwe gusinya amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda. Abajijwe ku hazaza ha Joseph Kabila, uri i Goma, umujyi ugenzurwa igice na AFC /
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi