Iran na Israel mu Ntambara y’Ikoranabuhanga: Intwaro n’Ubwirinzi bugezweho biri hagati mu makimbirane

Iran na Israel mu Ntambara y’Ikoranabuhanga: Intwaro n’Ubwirinzi bugezweho biri hagati mu makimbirane

Jun 23, 2025

Mu gihe ibihugu bibiri bikomeye mu Burasirazuba bwo Hagati, Iran na Israel, bikomeje guterana amagambo n’ibisasu, uburyo bugezweho mu gukoresha intwaro n’indege z’intambara nibwo bugena uko ibibera ku rugamba bigenda. N’ubwo igihugu gishobora kugira abasirikare benshi kandi b’intwari, igihe kidafite ibikoresho bijyanye n’igihe,

Read More
Imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo na M23 muri Rutshuru yahitanye abasiviri 2

Imirwano ikomeye hagati ya Wazalendo na M23 muri Rutshuru yahitanye abasiviri 2

Jun 23, 2025

umutekano ukomeje kuba muke mu mujyi wa Nyanzale, muri Rutshuru, mu majyaruguru ya Kivu, aho imirwano yongeye kubura kuri iki cyumweru nyuma ya saa sita, ku ya 22 Kamena, hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’umutwe wa M23 ni mu gihe hari hagaragaye agahenge mu

Read More
Kevin Kade wari witezwe mu bitaramo bya MTN I Wacu na Muzika Festival ntakibigaragayemo

Kevin Kade wari witezwe mu bitaramo bya MTN I Wacu na Muzika Festival ntakibigaragayemo

Jun 22, 2025

Umuhanzi ukunzwe cyane muri iyi minsi, Kevin Kade, agiye guhagararira u Rwanda mu birori by’abanyarwanda baba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bizwi nka ‘Rwanda Convention’, nyuma yo kugirana ibiganiro byihariye n’isosiyete ishinzwe gutegura ibitaramo muri Afurika y’Iburasirazuba, Eastern Africa Promoters (EAP).  

Read More
Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025

Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025

Jun 22, 2025

Urutonde rw’abaperezida 7 bafite imiyoborere mibi kurusha abandi muri Afurika mu 2025   Icyo urutonde rushingiraho: Uburyo igihugu kiyobowe (neza cyangwa nabi), kubahiriza uburenganzira bw’ibanze bw’abaturage, kuba umuyobozi ufite icyerekezo rusange kandi gihuriweho, ivangura ry’ubutegetsi rishingiye ku nyungu bwite cyangwa ku gushaka gukundisha

Read More
Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfiriye mu ishyamba, hakekwa irondo

Umusore w’imyaka 20 yasanzwe yapfiriye mu ishyamba, hakekwa irondo

Jun 22, 2025

Mu gitondo cyo ku wa 22 Kamena 2025, mu Mudugudu wa Rusisiro, Akagari ka Matyazo mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Huye, habonetse umurambo w’umusore w’imyaka 20 witwa Nkurunziza Patrick, aho bivugwa ko yagiririwe nabi nyuma yo gufatwa n’abanyerondo b’umwuga. Amakuru aturuka mu

Read More
Ahazaza ha M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano ya Washington hamenyekanye

Ahazaza ha M23 nyuma y’isinywa ry’amasezerano ya Washington hamenyekanye

Jun 22, 2025

Nyuma yuko ba Minisitiri b’ububanyi n’amahanga b’u Rwanda na RDC bazashyira umukono ku masezerano mu muhango uzaba ku ya 27 Kamena imbere ya Marco Rubio, umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika . Amakuru aturuka hafi y’abayobora ibi biganiro avuga ko ikibazo cy’inyeshyamba za

Read More
Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi

Umunyezamu wa Bugesera FC agiye gukomereza umupira w’amaguru i Burayi

Jun 22, 2025

Umunyezamu w’ikipe ya Bugesera FC, Habineza Fils François, ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Burayi, aho agomba kwinjira muri Midtjylland FC, imwe mu makipe akomeye mu Cyiciro cya Mbere muri Denmark. Amakuru yizewe avuga ko Habineza azagenda ku wa Gatatu tariki ya 25

Read More
USA:Ndagusaba ko watanga internet y’ubuntu muri Iran/Richard Grenell.

USA:Ndagusaba ko watanga internet y’ubuntu muri Iran/Richard Grenell.

Jun 22, 2025

Intumwa yihariye ya  Perezida Donald Trump ,Richard Grenell ,yasabye umuherwe Elon Musk ,ko yatanga internet ku buntu mu gihugu cya Iran kugira ngo inshuti ze zibashe kubonera amakuru ku gihe. Ibi yabitangaje nyuma y’ahoPerezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ,Donald Trump ,atangaje ko

Read More
Umujyanama wa Kabila avuga ko gusinya n’u Rwanda bitacyemura ibibazo bya RDC byonyine

Umujyanama wa Kabila avuga ko gusinya n’u Rwanda bitacyemura ibibazo bya RDC byonyine

Jun 22, 2025

Barnabé Kikaya Bin Karubi umujyanama mubya politike wa Joseph Kabila, yamaganye  gukemura ikibazo cya Kongo hifashishijwe gusinya amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda. Abajijwe ku hazaza ha Joseph Kabila, uri i Goma, umujyi ugenzurwa igice na AFC /

Read More
RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?

RDC: Ese koko SADC yaricyuye abarwanyi ba FDLR koko?

Jun 22, 2025

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru ,tariki ya 22Kamena 2025 nibwo hatashye abandi basirikare ba SADC bari mu butumwa bwa SAMIDRC m’Uburasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ,abatashye bose hamwe bakaba bagera kuri 461,bagizwe na 317 b’Afurika Y’Epfo ni 144 ba Malawi

Read More