Rwanda:Ni fake news RDF ivuga kubyabitiriwe k’ubuzima bwa Perezida Paul Kagame.
Mu butumwa bwanyujijwe k’urukuta rwa Twitter rw’igisirikare cy’U Rwanda RDF buvuga ko itangazo ryasowe n’abantu bataramenyekana buvuga k’ ubuzima bwa Perezida w’U Rwanda butameze neza ari ibihuha cyangwa Fake news nk’uko RDF yabyanditse. Hamaze iminsi ku mbuga nkoranyambaga zabarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bandika
Umusirikare wa FARDC wasinze yarashe bagenzi yicamo 2 akomeretsa 9
Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano avuga ko umusirikare wasinze yarashe bagenzi be mu gitondo cya kare. Abasirikare babiri ba FARDC bahise bahasiga ubuzima abandi icyenda barakomereka bikabije. Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa kabiri, tariki ya 24 Kamena, i Mungazi, muri Gurupema
RDC: Imirwano ikomeje gukara muri Nyangezi
Imirwano ikaze ikomeje guhanganisha abarwanyi bo m’umutwe wa m23 nabo m’umutwe wa Wazalendo mu bice by’intara ya Kivu y’amajyepfo cyane mu gice cya Nyangezi. Amakuru ava Nyangezi aremeza ko abarwanyi ba Wazalendo bateye ibirindiro by’umutwe wa m23 bihereye muri Nyangezi ,maze umutwe wa
Qatar yagabweho igitero
Qatar yagabweho igitero Ibisasu bya Irani byarashe ku birindiro bya Amerika muri Qatar Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Kamena 2025, igihugu cya Irani cyarashe ibisasu bitandatu ku kigo cya gisirikare cya Al-Udeid kiri i Doha muri Qatar, aho ingabo za Leta
Gen Maj Muhoozi yiyemeje kurwanya Wazalendo n’abandi nkabo
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko mu mitwe yitwaje intwaro agiye kurwanya ku ikubitiro harimo umutwe wa Wazalendo. Ibi Muhoozi yabitangaje k’urukuta rwe rwa Twitter aho yavuze ko atazihanganira ibikorwa bibi by’uyu mutwe mukubuza umutekano abaturage
Imirambo 2 y’abasore yabonetse ku muhanda Sake – Kimoka
Imirambo ibiri y’abasore yabonetse ku muhanda uva Sake ugana Kimoka muri gurupoma ya Kamuronza, muri teritwari aa Masisi, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Amakuru aturukayo avuga ko humvikanye urusaku rw’amasasu hagati ya saa saba na saa saba n’iminota 15 za mugitondo ku muhanda
Gen.Muhoozi yasabye Perezida Tshisekedi gukura Gen Luboya muri Ituri
Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda zirwanira k’ubutaka Maj Gen Muhoozi kenerugaba yatangaje ko umutekano wa Perezida Tshisekedi urinzwe ariko amusaba ko akwiye gukora ibishoboka byose agakura umuyobozi wa Gisirikare w’intara ya Ituli kubuyobozi bw’iyo ntara,Gen Johnny Luboya Nkashama ko igihe cye kibaze, Muhoozi
Imyambarire y’umukunzi wa Kanye West Bianca Censori yongeye kurikoroza i New York
Ku wa 21 Kamena 2025, umunyamideli Bianca Censori ukomoka muri Australia yongeye gutuma imbuga nkoranyambaga zivugisha benshi nyuma yo kugaragara mu mihanda ya New York yambaye umwambaro usanzwe utemerewe kuri benshi. Yari yambaye agapira kabonerana k’umukara gafashe ku mubiri, ikabutura ngufi cyane, n’inkweto
Umubano wa Justin Bieber n’umugore we Hailey watangiye kugerwa inyundo
Mu gihe hatarashira igihe kinini humvikanye amakuru avuga ko umubano wa Justin Bieber n’umugore we Hailey Baldwin Bieber ushobora kuba uri mu mazi abira, ibimenyetso bishya birimo kuvugwa bishobora gukomeza gutera impungenge abakunzi babo. Hailey aherutse kugaragara atemberera mu Mujyi wa New York,
Ishimwe Noriella, umwe mu bakobwa bahataniraga ikamba rya Miss Rwanda mu 2018, yarushinze na Fiston Wilson
Uyu mukobwa wigeze kugera mu cyiciro cya nyuma cy’abakobwa batanu bashoboraga kwambikwa ikamba rya Miss Rwanda 2018, yasezeranye imbere y’amategeko n’umusore witwa Fiston Wilson mu ntangiro za Kamena 2025. Umuhango wo gusaba no gukwa wabaye mbere y’uko basezerana mu rusengero rwa Zion Temple,