RDC:Icyo tuzahemba umugambanyi ni ukwicwa mubimenye/Gen Ephraim Kabi.
Mu cyumweru gishizi Gen Ephraim Kabi yabwiye abasirikare barinda Perezida Felix Tshisekedi ko igihembo cy’umugambanyi ari ukwicwa,ibyo yabivuze mu rwego rwo guhangana n’umutekano mukeya ukomeje kugaragara m’uburasirazuba bwa RDC. Gen Ephraim Kabi yahamagariye abasirikare ayobora i Kinshasa ko bakwiye gukunda igihugu ,no
DRC:Jenerali Banywesize yateje impaka hagati ya leta n’imiryango yigenga
Ihuriro ry’Imiryango itegamiye kuri Leta muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (ONGDH), ryasohoye itangazo ryerekana impungenge zishingiye ku ifungwa ridasobanutse rya Jenerali Pierre Banywesize Bulanga, wari Umuyobozi Wungirije ushinzwe ibikorwa bya gisirikare mu gace ka Dungu, Intara ya Haut-Uele. Iri tangazo ryashyizwe ahagaragara
Uko byifashe mu rubanza rwa P.Didiy uremerewe n’ibiyaga
Sean Combs, uzwi cyane ku izina rya P. Diddy, umwe mu bahanzi, abatunganya umuziki n’abanyemari b’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ari mu maboko y’ubutabera aho akurikiranyweho ibyaha bikomeye bifitanye isano no gukoresha ihohoterwa rishingiye ku gitsina no gucura umugambi w’ubucuruzi bw’abantu.
Raila Odinga yongeye guteza impaka kuri leta ya Nairobi
Raila Odinga wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya yasabye Perezida w’iki gihugu gusubiza icyubahiro no gutanga indishyi y’akababaro ku miryango y’abaturage baguye cyangwa bagakomereka mu myigaragambyo yabaye mu 2024. Ibi yabivuze ku wa Kabiri tariki 1 Kamena 2025 mu mujyi wa Kisumu uherereye
FRANCE:Perezida Emmanuel Macron yashimiye ikipe ya Psg.
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yakiriye ikipe ya PSG arayishimira kubera itsinzi yegukanye itwara chmpions League ababwira ko bahesheje ishema igihugu cyabo, akaba yabakiriye mu biro byiwe bya Elyse Palace. Ikipe ya PSG yakiriwe na perezida Emmanuel Macron nyuma yuko ubundi yariherutse gushimirwa
KENYA:NIFUZA KUGUSABA KO WAHA INDISHYI IYO MIRYANGO YABUZE ABABO/RAILA ODINGA.
Mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru w’ubwigenge bw’igihugu cya Kenya RAILA ODINGA wabaye minisitiri w’intebe wiki gihugu yasabye perezida Dr.William Ruto kwishyura imiryango y’abaguye mu myigaragambyo mu mwaka w’2024 akabaha indishyi z’akababaro. Perezida William Ruto yahamagariwe kwishyura indishyi z’akababaro imiryango yabuze abana babo
Gicumbi: Ibisambo byafatiwe ingamba zishobora kubica burundu
Abaturage batuye mu tugari two mu nkengero z’Umujyi wa Byumba, mu Karere ka Gicumbi, batangaza ko bishimiye gahunda nshya yo gushyiraho irondo ry’umwuga ryitezweho kurinda umutekano wabo, nyuma y’igihe kinini bahanganye n’ubujura bukabije. Bavuga ko mbere abajura bajyaga biyoberanya, rimwe na rimwe bakifashisha
RDC:EU YATANGAJE KO ISHAKA KUBA UMWE MUBASHAKA UMUTI W’IBIBAZO BYA RDC.
Intumwa z’umuryango w’ubumwe bw’uburayi ziherutse kwakirwa muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo zashimangiye ko zishyikikiye perezida Tshisekedi Felix Antoine kandi zinatangaza ko zifuza ko uyu muryango wagira uruhare mu gushakira ibisubizo ibibazo biri muri iki gihugu. Abadepite bagera kuri 11 bo m’umuryango
RDC:ISHYAKA RYA MATATA PONYO RYATANGAJE KO YABURIWE IRENGERO.
Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo wigeze no kuba minisitiri w’intebe wiki gihugu Matata Ponyo ishyaka rye ndetse n’ishuti ze za hafi batangaza ko yaburiwe irengero. Uyu wabaye minisitiri w’intebe wa Rdc yaraherutse gukatirwa n’inkiko ziki gihugu ,igihano
NIJERIYA:IGISIRIKARE CYISHE IBYIHEBE 60 MU BITERO BYO K’UBUTAKA NO MU KIRERE.
Igisirikare cya Nijeriya cyatangaje cyatangaje ko mu bitero bitandukanye cyagabye k’umutwe w’ibyihebe wa ushingiye ku idini rya Islam witwa Boko Haram kishe abasirikare buyu mutwe bagera kuri 60. Igisirikare cya Nijeriya kuwa gatanu tariki ya 30 Gicurasi cyagabye ibitero gikoresheje intwaro zo