RDC/Lubero:Umutwe wa Adf wagabye igitero gikaze muri Mangurujipo gihitana benshi.
Umutwe wa Adf urwanya ubutegetsi bwa Uganda ariko ukorera muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo wagabye igitero gikomeye mu gace ka Lubero m’umudugudu wa Mangurujipo gihitana abantu abantu benshi cyane nkuko abaturage bahari babidutangarije. Amakuru abaturage badutangarije batubwiye ko icyo gitero kibasiye imidugudu
RDC/GOMA: Urubyiruko rwo mu mujyi wa Goma rusabye Joseph Kabila ibintu bitoroshye.
Urubyiruko ruhagarariye urundi rw’abanyecongo rutuye mu mujyi wa Goma mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru rwahuye n’uwari perezida wa repubulika iharanira demokarasi ya Congo rumusaba gukora ibyo ashoboye byose rukava m’ubukene n’ubushomeri rumazemo igihe. M’uruzinduko perezida Joseph Kabila Kabange yagiriye mu mujyi wa Goma
RDC:Umutwe wa m23 utangaje ko ugiye gufata agace ka Pinga muri Walikale.
Umutwe wa m23 urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa utanagaza ko ugiye gufata agace ka Pinga gaherereye muri teritwari ya Walikale ,uyu mutwe watangaje ibi nyuma y’iminsi myinshi kano gace karimo imirwano. Teritwari ya Walikare yabaye indiri ya Wazalendo na Fdlr nyuma yuko umutwe
RDC:Rusthuru imirwano ya wazalendo na m23 yaguyemo abarenga 72 amazu 600 aratwikwa.
Mu mirwano yabaye hagati ya Wazalendo n’inyeshyamba za m23 muri teritwari ya Rutshuru ,hagati y’itariki 30 na 31 z’ukwezi kwashize kwa Gicurasi yaguyemo abaturge barenga 72 , ikomerekeramo abarenga 42 , amazu arenga 600 aratwikwa. Amakuru dukesha isoko yacu iri mu midugudu itandukanye
Umuhanzi Asinah yerekeje mu nkiko kubera inkoni
Umuhanzi w’Umunyarwandakazi Asinah, umwe mu bagore bamenyekanye mu myidagaduro nyarwanda, ari mu rugamba rwo gushaka ubutabera nyuma y’uko yakubiswe n’umugabo w’Umunya-Eritrea, icyaha bivugwa ko cyabaye mu ijoro ryo ku wa 31 Gicurasi 2025. Amakuru yizewe atangwa n’umwe mu bantu ba hafi be, avuga
Umukozi wa British Airways wambaye ubusa mu ndege ari mu.mazi abira
Umugabo w’imyaka 41, ukorera sosiyete y’indege ya British Airways, yafashwe n’inzego z’umutekano akigera ku kibuga cy’indege i Londres, nyuma yo kwitwara mu buryo budasanzwe ubwo yari mu kazi k’indege yavaga i San Francisco, USA, yerekeza mu Bwongereza. Uyu mugabo wari mu itsinda ry’abakozi
RDC:Perezida Tshisekedi yemeye guhura n’umurwanya kubera m23.
Perezida Felix Tshisekedi yemeye guhura na mukeba we w’ibihe byose Martin Fayulu,abinyujije k’umuvugizi we Tina Salama perezida wa RDC yatangaje ko azahura n’umunyapolitike batavuga rumwe bwana Martin Fayulu. Akoresheje urubuga rwe rwa twitter ,umuvugizi wa perezida Tshisekedi Tina Salama yatangaje ko ,perezida
RDC:Ihuriro rya afc/m23 ryamaganye ubugizi bwa nabi bukomeje gukorwa na Kinshasa.
Ihuriro riryanya ubutegetsi bwa repubulika ya demokarasi ya Congo (afc/m23)ryatangaje ko rikomeje kwamagana ibitero bikorwa na leta ya Kinshasa n’abafatanyabikorwa bayo harimo n’umutwe wa FDLR ugizwe n’abasize bakoze jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. M’ubutumwa bwanyujije kuri twitter n’umuvugizi w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa
RDC:samidrc yongeye gucyura ibikoresho n’abasirikare bayo bari muri Goma.
Ingabo za SADC zari zaraje m’ubutumwa bwa SAMIDRC m’uburasirazuba bwa Rdc mu mujyi wa Goma guhangana n’ingabo z’umutwe wa m23 zongeye gucyura intwaro zabo ikiciro cya 8. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 2 Kamena 2025 niho ingabo zari
RDC:imiryango nterankunga muri RDC irasaba m23 kuva mu bice yafashe.
Mu itangazo rihuriweho ryasowe n’ibihugu umunani (8) bifasha repuburika ya demokarasi ya Congo basabye umutwe wa m23 kuva mu bice wafashe hubahirizwa umwanzuro w’akanama ka loni gashinzwe umutekano ku isi no 2773 usaba m23 kuva mu bice wigaruriye ndetse nkuko banabivuga n’ingabo z’u