IMPINDURAMATWARA MU BAHANZI
IMPINDURAMATWARA MU BAHANZI Bimaze kugaragara ko abahanzi benshi mu gukora ibihangano byabo bashyiramo imbaraga nyinshi ariko inyungu bavanamo zikaba hafi ya ntazo, byatumye bamwe muri bo batekereza ku cyo bakora kugira ngo ibihangano bitunge ba nyirabyo ndetse binamenyekane ku rwego mpuzamahanga. Hagiye hagaragazwa
RDC:Abajenerali ba fardc bafunze barazira ibyaha byabo/Slyvain Ekenge.
Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo Slvain Ekenge yatangaje ko iperereza kubasirikare b’abajenerari ba Fardc bafunze rikomeje mu nzira zisanzwe kandi asobanura ko abajenerali bafunze ku byaha bakoze ubwabo,uyu muvugizi avuga ibi mu gihe abajenerali bafunzwe hagaragajwe ko abeshi bahorwa inkomoko
RDC: Minisitiri Constant Mutamba yavuye kwizima yitaba ubushinjacyaha.
Minisitiri w’ubutabera wa repubulika iharanira demokarasi ya Congo Constant Mutamba yitabye ubushinjacyaha bukuru bw’urukiko rusesa imanza ,bwari bamutumije akavuga ko adashobora kubwitaba ngo yiregure imbere yuwo mushinjacyaha. Umushinjacyaha mukuru w’urukiko rusesa imanza Firmin Mvonde Mambu yumvise ubwisobanuro bwa minisitiri w’ubutabera kubyaha amukekaho
RDC:Abanyamulenge baru muri Fardc bakomeje gufungwa ubutitsa.
Abanyamulenge b’abasirikare mu gisirikare cya repubulika iharanira demokarasi ya Congo bakomeje gufungwa ubutitsa n’urwego rushinzwe ubugenzacyaha i Kinshasa rwa Demiap,aho ubu havugwa ko umaze iminsi afashwe akanafungwa ahorwa kuba umunyamulenge ni uwitwa Muganza Innocent. Amakuru ava i Kinshasa avuga ko uyu musirikare
Abafana ba Rayon Sports biteguye kubyinana na Diamond Platnumz mu birori by’ikipe yabo
Mu minsi ishize, hari amakuru akomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga no mu itangazamakuru ryo mu Rwanda, avuga ko Diamond Platnumz yaba ategerejwe mu birori byateguwe na Rayon Sports. Ariko kugeza ubu, nta biganiro bifatika birabaho hagati y’uyu muhanzi n’ubuyobozi bw’iyi kipe y’i Nyanza.
Perezida Tshisekedi na Fayulu bahanganye mu matora bagiye kugirana ibiganiro byihariye
Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yatangaje ko yiteguye guhura na Martin Fayulu, kugira ngo baganire ku bibazo bikomeye igihugu gihanganye na byo muri iki gihe. Ibi bibaye nyuma y’uko Fayulu asohoye itangazo risaba ibiganiro byihariye hagati ye, Tshisekedi ubuyobozi
CSAC muri RDC yahagaritse itangazwa ry’amakuru ya Kabila na PPRD mu bitangazamakuru
Christian Bosembe uyobora urwego rwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe kugenzura itangazamakuru n’itumanaho (CSAC), yatangaje icyemezo kiburira ibitangazamakuru gutangaza inkuru zerekeye Joseph Kabila wahoze ari Perezida w’icyo gihugu, ndetse n’ishyaka rye rya PPRD. Ibi yabitangaje ku wa 2 Kamena 2025, mu gihe
U Rwanda rugiye gufungura Ambasade muri Algérie mu rwego rwo gushimangira umubano w’ibihugu byombi
Perezida Paul Kagame yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushinga Ambasade nshya muri Repubulika ya Algérie, hagamijwe gukomeza gushimangira umubano n’ubufatanye hagati y’ibi bihugu bibiri bya Afurika. Ibi yabigarutseho mu kiganiro n’abanyamakuru cyakurikiye ibiganiro yagiranye na mugenzi we wa Algérie, Perezida Abdelmadjid Tebboune, ubwo
RDC:Leta ya Kinshasa yabujije ibinyamakuru gutangaza amakuru yerekeranye na Joseph Kabila.
Ubutegetsi bwa Kinshasa bwatangaje ko nta kinyamakuru na kimwe cyemerewe gutanagaza amakuru yerekeranye n’urugendo rw’uwahoze ari perezida wiki gihugu ,ari kugirira m’uburasirazuba bwa Rcd mu bice bigenzurwa na m23. M’ubutumwa bwanyujijwe mu ma groupe ya whatsapp ahuriramo abanyamakuru bakorera i Kinshasa bahawe gasopo
Leta itanze ikiruhuko ku bakozi mu rwego rwo kwizihiza umunsi mukuru wa EID AL-ADHA abenshi bita irayidi
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri, tariki 03/06/2025 nibwo kumbuga nkoranya mbaga hatangiye gukwirakwizwa itangazo rigaragaza ko Minisiteri y’Abakozi ba leta n’Umurimo itanze ikiruhuko cyo kwizihiza umunsi mukuru wa eid al-adha benshi bita irayidi wizihizwa cyane naba Islam, itangazo riravuga riti: Minisiteri