RDC/Goma:Afc/m23 yahishuye ibanga ry’ibiganiro bya Doha na perezidaTshisekedi.
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi nyuma yuko ryikuye mu biganiro i Doha ryatangaje ibinga ryibi biganiro ko aribyo byonyine byakemura ibibazo bya repubulika iharanira demokarasi ya Congo . Umuvugizi mukuru mubya politike wa Afc/m23 Lawrence Kanyuka ,yemeje ko itsinda ryari rihagarariye
Burundi, imbonerakure ku biro by’itora yabeshyeye umugore arafungwa, inakubita ikofe undi mugore.
Burundi, imbonerakure ku biro by’itora yabeshyeye umugore arafungwa, inakubita ikofe undi mugore. Mu gihe mu gihugu cy’Uburundi bari mu gikorwa cy’amatora, aho bari gutora abagize inteko ishinga amategeko byitwa ko izaba ihuriweho n’amashyaka yose, hirya no hino muri icyo gihugu hagiye hagaragara udushya
RDC:Afc/m23 yikuye mu biganiro bya Qatar nyuma yo kumarayo ukwezi.
Ihuriro rya Afc/m23 rirwanya ubutegetsi bwa repubulika iharanira demokarasi ya Congo ryikuye mu biganiro ryarimo n’ubu butegetsi nyuma yuko intumwa ziri huriro zimaze iminsi irenga mirongo itatu muri Qatar. Ihuriro rya Afc/m23 ryahamagaje intumwa zaryo zari i Doha mu gihugu cya Qatar aho
RDC/Goma:Birato Rwihimba Emmanuel wari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo yakuweho.
Mu itangazo ryasohowe n’ihuriro rya alliance fleuve Congo rigaragaza ko uwari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo yamaze gukurwa muri izo shingano agahabwa izindi shingano zo kuba diregiteri ushinzwe uburezi,igenamigambi no guteza imbere ishoramari . Guverineri Birato Rwihimba yari yashyizwe kuri uyu mwanya mu
RDC/MASISI:Imirwano ikaze yongeye kubura hagati ya Wazalendo na m23 muri Kiringi.
Imirwano ikaze yongeye kubura hagati y’umutwe wa Wazalendo n’umutwe wa m23 muri teritwari ya Masisi cyane cyane mu gace ka Kiringi nkuko amakuru aturuka muri kano gace abivuga. Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Masisi hagati ya Wazalendo na m23 ,iyi mirwano
RDC/UVILA:Abapfakazi b’abasirikale ba Fardc bari mu myigaragambyo ikaze kubera kutabona ibyo Tshisekedi yabemereye.
Abapfakazi b’abasirikale ba Fardc bari mu myigaragambyo ikaze kubera kutabona ibyo Tshisekedi yabemereye aho yari yabasezeranyije ko azajya abaha imishahara y’abagabo babo baguye mu ntambara ibahanganishije n’umutwe wa m23 none amezi abaye ane badahembwa. Aba bapfakazi bahoze bafite aba gabo babo mu gisirikare
RDC/Ituli:inyeshyamba za Thomas Lubanga zongeye gutera ibirindiro bya Fardc.
Inyeshyamba za Thomas Lubanga ziri m’umutwe wa CRP zashinzwe n’uyu mugabo zongeye gutera ingabo za repubulika iharanira demokarasi ya Congo muri teritwari ya Ituli mu nkengero z’ikiyaga cya Vert. Imirwano yongeye kubura hagati y’ingabo z’umutwe w’inyeshyamba washinzwe na Thomas Lubanga witwa CRP
RDC/Goma:Umutwe wa m23 watangaje ko wakiriye Marcelin Cishambo.
Umutwe wa m23 watangaje ko wakiriye uwahoze ari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo Marcelin Cishambo mu mujyi wa Goma we n’itsinda bazanye. Kuri uyu wa gatatu ,tariki ya 04 kamena 2025 umutwe wa m23 watangaje ko uwahoze ari guverineri w’intara ya Kivu y’Amajyepfo
RDC:Adolphe Muzito yashimiye Martin Fayulu ko yemeye guhura na perezida Felix Tshisekedi .
Uwahoze ari minisitiri w’intebe muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo Adolphe Muzito akaba na perezida w’ishyaka la Nouvel Elan yashimiye umunyapolitike utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi Tschilombo ngo kuko yemeye guhura nuyu muperezida nkuko bikubiye mu itangazo ishyaka rye ryatangaje. Adolphe Muzito
RDC: Joseph Kabila yashenguwe n’urupfu rwa Lt gen Sikatenda Shabani .
Perezida Joseph Kabila Kabange yashenguwe n’urupfu rwa liyetena jenerali Sikate Shabani waguye muri gereza ya repubulika ya demokarasi ya Congo i Kinshasa. M’ubutumwa yanyujije kumbuga nkoranyambaga ziwe Joseph Kabila yavuze ko ababajwe n’urupfu rwa liyetena jenerali Sikatenda Shabani kandi ko amuhaye icyubahiro