RDC:Minisitiri w’ubutabera Constant Mutamba yabijijwe ibyuya n’ubushinjacyaha bwa RDC.
Minisitiri w’ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Constant Mutamba yongeye kwitaba ubushinjacyaha bw’urukiko rusesa imanza muri iki gihugu abizwa ibyuya n’ibibazo yahatwaga n’ubu bushinjacyaha mu gihe kingana n’amasaha hafi icyenda yicaye ahatwa ibibazo we n’abunganizi bagera kuri makumyabiri yari yitwaje. Minisitiri
RDC:Mobutu yavumye RDC Perezida Tschilombo Felix Tshisekedi arinda uwo muvumo.
Mobutu yavumye DRC, kandi Tshisekedi arinda umuvumo niko umwe mu bashinzwe umutekano yatangarije ikinyamakuru The New York Times ku ya 16 Gicurasi 1997, nyuma yuko Mobutu ategeka gutwika umurambo wa Habyarimana wapfuye muri Mata 1994, ati: “Iyaba ari njye bireba, nari kujugunya mu
RDC:Kuki leta ya Congo Kinshasa yananiwe kugarura amategeko n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC kuva 1994?
Mu myaka irenga mirongo itatu, amahoro yakomeje kuba ingorabahizi ku baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC). Ariko Kuki leta ya Congo Kinshasa yananiwe kugarura amategeko n’umutekano mu burasirazuba bwa DRC kuva 1994? Byose byatangiranye n’uwahoze ari perezida wa Zayire (ubu ni
Koreya y’Epfo bari kwishyura abantu ngo bakore ubukwe.
Muri Koreya y’Epfo bari kwishyura abantu ngo bakore ubukwe. Mu gihugu cya Koreya y’Epfo mu gace ka Busan, batangije uburyo bwo guha abantu amafaranga ibihumbi 38,000 by’amadorari (arenga miliyoni 53 Rwf) kugira ngo bakunde bakore ubukwe. Aya mafaranga bavuga ko azajya afasha abasore
Perezida Felix Antoine Tshisekedi yatanze igihuru (indabo) ku mugore utari uwe.
Perezida Felix Antoine Tshisekedi yatanze igihuru (indabo) ku mugore utari uwe. Si ubwa mbere mu gihugu cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo hagaragaye ibisa n’ikinamico bikorwa n’umukuru w’icyo gihugu abantu benshi bafata nk’utagira ubwenge bukwiye, bwana Antoine Felix Tshisekedi Tshilombo wiyita Faschi
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, wazalendo zajujubije abaturage.
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, wazalendo zajujubije abaturage. I Burasirazuba mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, akagari ka Kawangire na Rwimishinya, abaturage bavuga ko bafite ikibazo cy’insoresore ziyise Wazalendo zijya mu mashyamba y’abaturage zikajya kuyangiza zishakamo amabuye y’agaciro ya
RDC:Qatar yashyikirije m23 na guverinoma ya Kinshasa ibikubiye mu mushinga w’amasezerano y’amahoro.
Muri iki cyumweru nibwo hatangajwe ko Qatar yahaye umutwe wa m23 na Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ,umushinga ukubiyemo amasezerano y’amahoro hagati yizi mpande zombi zihanganye. Mu nkuru dukesha igitangazamakuru cyo mu gihugu cy’Ubwongereza Reuters banditse ko uwo mushinga w’amasezerano Qatar yashyikirije umutwe
Umugore wa Gafaranga yamukurikije imitoma muri Gereza.
Annet Murava, umugore wa Habiyaremye Zacharie uzwi nka ‘Bishop Gafaranga’ ukurikiranyweho icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina, yongeye kumugenera ubutumwa, amusezeranya ko ari kumusengera. Umugore wa Bishop Gafaranga, yatangaje ubu butumwa abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram n’ubundi aherutse kunyuzaho ubutumwa yari aherutse kumugenera.
Burundi, mu matora hari aho abagombaga gutora basanze imbonerakure zarangije kubatorera.
Burundi, mu matora hari aho abagombaga gutora basanze imbonerakure zarangije kubatorera. Amatora mu gihugu cy’u Burundi akomeje gutangaza abatari bake, abenshi bakaba barajyaga bibeshya ko u Burundi bushyira imbere demokarasi, ariko kugeza ubu barabona ko ishyaka riri kubutegetsi CNDD-FDD ikitwa demokarasi ryarangije kugikura
RDC:Umuyobozi wa Lamuka Martin Fayulu yahuye na perezida Felix Tshisekedi.
Kuri uyu wa kane, Martin Fayulu Madidi yakiriwe muri Palais de la Nation na Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo baganira igihe kingana n’amasaha abiri,babonanye nyuma y’amasaha 72 Fayulu abisabye ko babonana. Ubusanzwe Martin Fayulu ni Perezida w’ishyaka rya Ecidé . Umurebye mu maso