RDC: Byongeye gusubira ibubisi ibya Tshisekedi na Martin Fayulu

RDC: Byongeye gusubira ibubisi ibya Tshisekedi na Martin Fayulu

Jun 30, 2025

KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEMu ntangiriro za Kamena 2025, Fayulu warwanyaga ubutegetsi bwa Tshisekedi kuva bwajyaho mu 2019, yatangaje ko ashaka guhuza imbaraga n’uyu Mukuru w’Igihugu kugira ngo barwanye Joseph Kabila n’ihuriro AFC/M23 nkuko babikoraga buriwese kuruharerwe. Tariki ya 4 Kamena, Tshisekedi

Read More
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump

Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump

Jun 29, 2025

Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump   Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri

Read More
USA yashinje M23 kubangamira Monusco ntikore akazi kayo neza

USA yashinje M23 kubangamira Monusco ntikore akazi kayo neza

Jun 29, 2025

Leta Zunze ubumwe z’amerika binyuze kuri Dorothy Shea ambasaderi wayo mu muryango w’abibumbye ONU, yatangaje ko umutwe wa M23 umaze iminsi warabujije Ingabo z’umuryango w’abibumbye MONUSCO kugeza ubufasha kubabukeneye mu burasirazuba bwa RDC. Dorothy Shea, ibi yabitangaje ubwo yari mu kanama k’umuryango w’abibumbye

Read More
Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa

Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa

Jun 29, 2025

Inzego z’Ubuzima muri Uganda zatangaje ko mu minsi iri imbere zizatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir,mu kwirinda ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA. Muri uku kwezi kwa Kamena 2025 nibwo Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa muri Amerika ,FDA cyemeje ko uyu muti wa Lenacapavir. Uyu muti

Read More
M23 ikomeje kongera abasirikare n’ibikoresho mu nzira ijya Walikale

M23 ikomeje kongera abasirikare n’ibikoresho mu nzira ijya Walikale

Jun 29, 2025

Kuva ku ruyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, mu gaceka Kasopo na Kaandja hakomeje kugaragara abarwanyi benshi b’umutwe w’inyeshyamba za M23 mu muri sheferi ya Osso Banyungu muri Teritwari ya Masisi. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko M23 irimo gukomeza ibirindiro byayo i

Read More
Lubero:Imirwano yongeye kubura hagati ya Wazalendo na UPDF/FARDC

Lubero:Imirwano yongeye kubura hagati ya Wazalendo na UPDF/FARDC

Jun 29, 2025

Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Lubero hagati y’abarwanyi ba Mai Mai Wazalendo n’igisirikare cya Uganda UPDF gifatanyije n’igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC nk’uko Gen Maj Muhoozi Kainerugaba yaraherutse kubitangaza,iyi mirwano ikaba ibaye ku nshuro ya Kabiri muri iki

Read More
RDC: M23 yafashe utundi duce muri Kivu y’Amajyepfo

RDC: M23 yafashe utundi duce muri Kivu y’Amajyepfo

Jun 29, 2025

Imirwano ikaze yongeye kuba hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ,ni yabaye ku munsi wejo muri teritwari ya Walungu,mu ntara ya Kivu y’amajyepfo. Iyi mirwano yabeye ejo kuwa Gatandatu,muri territoire ya walungu, muri localité za KANIOLA ,BURHALE,KANKINDA,na CHIHANDE yaturutse kuri Wazalendo

Read More
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.

Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.

Jun 28, 2025

Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.   Bujumbura – Kamena 28, 2025 Imiryango umunani ituye mu gace ka Nyakabiga ya kabiri, muri Komine Mukaza, irarira ayo kwarika nyuma y’inkongi y’umuriro yaturitse kuri uyu wa gatandatu ahagana saa saba

Read More
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.

Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.

Jun 28, 2025

Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.   Mu ntambara z’igihe kirekire zibangamiye uburenganzira n’umutekano w’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akenshi hibandwa ku mitwe yitwaje intwaro nka M23, CODECO, FDLR, n’abandi bazwi nk’inyeshyamba. Nyamara, ubushakashatsi

Read More
Amabwiriza mashya agenga amasaha yo gukora ku tubari, utubyiniro na resitora

Amabwiriza mashya agenga amasaha yo gukora ku tubari, utubyiniro na resitora

Jun 28, 2025

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), rufatanyije na Polisi y’u Rwanda n’Umujyi wa Kigali, rwashyizeho ingamba nshya zigamije gucunga neza imikorere y’inzu zitangirwamo serivisi zijyanye no kwakira abantu, cyane cyane ahatangirwa ibisindisha n’ibyidagaduriro. Izi ngamba nshya zafashwe nyuma y’ubusabe bw’abantu batandukanye bifuza ko hashyirwaho umurongo

Read More