RDC: Byongeye gusubira ibubisi ibya Tshisekedi na Martin Fayulu
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEMu ntangiriro za Kamena 2025, Fayulu warwanyaga ubutegetsi bwa Tshisekedi kuva bwajyaho mu 2019, yatangaje ko ashaka guhuza imbaraga n’uyu Mukuru w’Igihugu kugira ngo barwanye Joseph Kabila n’ihuriro AFC/M23 nkuko babikoraga buriwese kuruharerwe. Tariki ya 4 Kamena, Tshisekedi
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump
Kabila yanenze amasezerano y’amahoro yasinyiwe imbere ya Trump Mu butumwa bwe ku rukuta rwe rwa X, uwahoze ari perezida wa Kongo Kinshasa, bwana Joseph Kabila, yatangaje amagambo akomeye agaragaza ko amasezerano yakorewe imbere ya Trump ntacyo avuze ku ntambara iri kubera muri
USA yashinje M23 kubangamira Monusco ntikore akazi kayo neza
Leta Zunze ubumwe z’amerika binyuze kuri Dorothy Shea ambasaderi wayo mu muryango w’abibumbye ONU, yatangaje ko umutwe wa M23 umaze iminsi warabujije Ingabo z’umuryango w’abibumbye MONUSCO kugeza ubufasha kubabukeneye mu burasirazuba bwa RDC. Dorothy Shea, ibi yabitangaje ubwo yari mu kanama k’umuryango w’abibumbye
Uganda igiye gutangira gukoresha umuti urinda SIDA uherutse kwemezwa
Inzego z’Ubuzima muri Uganda zatangaje ko mu minsi iri imbere zizatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir,mu kwirinda ubwandu bw’Agakoko gatera SIDA. Muri uku kwezi kwa Kamena 2025 nibwo Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa muri Amerika ,FDA cyemeje ko uyu muti wa Lenacapavir. Uyu muti
M23 ikomeje kongera abasirikare n’ibikoresho mu nzira ijya Walikale
Kuva ku ruyu wa kane, tariki ya 26 Kamena, mu gaceka Kasopo na Kaandja hakomeje kugaragara abarwanyi benshi b’umutwe w’inyeshyamba za M23 mu muri sheferi ya Osso Banyungu muri Teritwari ya Masisi. Abayobozi b’inzego z’ibanze bavuga ko M23 irimo gukomeza ibirindiro byayo i
Lubero:Imirwano yongeye kubura hagati ya Wazalendo na UPDF/FARDC
Imirwano ikaze yongeye kubura muri teritwari ya Lubero hagati y’abarwanyi ba Mai Mai Wazalendo n’igisirikare cya Uganda UPDF gifatanyije n’igisirikare cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC nk’uko Gen Maj Muhoozi Kainerugaba yaraherutse kubitangaza,iyi mirwano ikaba ibaye ku nshuro ya Kabiri muri iki
RDC: M23 yafashe utundi duce muri Kivu y’Amajyepfo
Imirwano ikaze yongeye kuba hagati y’abarwanyi ba Wazalendo n’abarwanyi b’umutwe wa m23 ,ni yabaye ku munsi wejo muri teritwari ya Walungu,mu ntara ya Kivu y’amajyepfo. Iyi mirwano yabeye ejo kuwa Gatandatu,muri territoire ya walungu, muri localité za KANIOLA ,BURHALE,KANKINDA,na CHIHANDE yaturutse kuri Wazalendo
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu.
Bujumbura, Nyakabiga: Imiryango 8 mu kaga n’inkongi y’umuriro yaturutse mu rupangu. Bujumbura – Kamena 28, 2025 Imiryango umunani ituye mu gace ka Nyakabiga ya kabiri, muri Komine Mukaza, irarira ayo kwarika nyuma y’inkongi y’umuriro yaturitse kuri uyu wa gatandatu ahagana saa saba
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi.
Isesengura ry’imiterere y’imitwe y’inyeshyamba muri RDC: aho “wazalendo” ishingiye ku nyungu z’abategetsi. Mu ntambara z’igihe kirekire zibangamiye uburenganzira n’umutekano w’abaturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), akenshi hibandwa ku mitwe yitwaje intwaro nka M23, CODECO, FDLR, n’abandi bazwi nk’inyeshyamba. Nyamara, ubushakashatsi