Iran:Igitero cyagabwe na Israel muri Iran cyahitanye abayobozi b’ingabo biki gihugu.
Ntibisanzwe ko igihugu gipfusha umugaba w’ikirenga w’ingabo n’umugaba w’ingabo mu gitero kimwe ariko byaje kuba mu gihugu cya Iran ubwo igisirikare cya Israel cyagabaga igitero karundura muri iki gihugu. Iran yiyemereye ko abayobozi bakuru b’igisirikare bishwe n’igiterko cya Israel barimo Gen. Hossein Salami
Russia :Menya Perezida Vladimirovic Putin uwo ariwe.
Vladimir Vladimirovich Putin ni umugabo w’imyaka 73 ugira isabukuru ku ya 7 Ukwakira buri mwaka kandi iyi sabukuru kuyizihiza biba ari ibirori bikomeye cyane mu gihugu cy’Uburusiya. Putin ni Prezida w’igihugu cya mbere kinini ku isi aho kiri ku buso bwa Km² 17,098,242.
Umuririmbyi Natty Dread yitabye Imana mu Budage
Umuhanzi w’umurage ukomeye muri muzika ya Reggae, Natty Dread, yapfuye mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 aguye mu Budage, aho yari amaze igihe yivuza. Iyi nkuru yamenyekanye binyuze ku muntu wari usanzwe amufasha kandi banabanaga mu Mujyi wa Kigali, wahamirije IGIHE
RDC/Burundi:Ingabo z’Uburundi zatangiye guhungisha ibikoresho byabo byari mu mujyi wa Uvila.
Ingabo z’Uburundi zatangiye guhungisha ibikoresho byabo byari mu mujyi wa Uvila,ni nyuma yuko umuvugizi wa gisirikare cy’umutwe wa m23 yandikitse k’urukuta rwe, rwa twitter ko ibiri gukorwa n’ingabo za guverinoma ya Kinshasa zifatanyije na Mai Mai n’ingabo z’Uburundi batagumya kubyihanganira ko bagiye kubihagarika.
RDC:Ubutumwa bwa Bintou Keita mu nama n’abayobozi ba AFC/m23 I Goma.
Ubutumwa bwatanzwe n’intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye Bintou Keita ubwo yahuraga n’abayobozi ba AFC m23 mu mujyi wa Goma. Bintou Keita yagize ati”Naje mu mujyi wa Goma kumva no kungurana ibitekerezo n’ihuriro rya AFC m23,uru rugendo rwaje mu gihe ibintu bitameze neza
Fatakumavuta wagaragaweho ibyaha byinshi yakoreye kuri youtube yakatiwe igifungo
Fatakumavuta wagaragaweho ibyaha byinshi yakoreye kuri youtube yakatiwe igifungo. kuri uyu wa 13 Kamena 2025, urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, rwakatiye uzwi ku mbuga nkoranyambaga (social media) ku mazina ya Fatakumavuta (SENGABO Jean Bosco) igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu ndetse n’ihazabu ya 1.300.000
Chriss Eazy mu gahinda ko kubura umubyeyi we
Umuhanzi w’Umunyarwanda Chriss Eazy ari mu bihe by’akababaro nyuma y’urupfu rwa nyina umubyara, umwe mu bantu bari bafitanye umubano wa hafi cyane mu buzima bwe. Mu gitondo cyo ku wa 13 Kamena 2025, Chriss Eazy yifashishije urubuga rwa Instagram asangiza abamukurikira amashusho agaragaza
Rwanda: Hiyemejwe kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke kugera kuri 65%
Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gukaza ingamba zo kongera umubare w’abana bajya mu mashuri y’inshuke, igamije gutuma batangira amashuri abanza bafite ubumenyi bubafasha kwitwara neza mu myigire. Intego ni uko mu myaka itanu iri imbere nibura 65% by’abana bazaba banyuze muri ayo
Ibihugu bizakira CAN 2027 byashyize ingengo y’imari ku bikorwa by’imyiteguro
Ibihugu bya Kenya, Uganda na Tanzania byamaze gushyira ingengo y’imari mu bikorwa bijyanye n’imyiteguro y’Igikombe cya Afurika cya 2027 (AFCON 2027), rizaba ribaye ku nshuro ya mbere ribereye mu karere k’Afurika y’Iburasirazuba. Ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2025/2026, uzahita ukurikirwa n’uzaberamo iri rushanwa,
RDC/GOMA:Umuyobozi wa MONUSCO atangiye inama n’ubuyobozi bwa AFC/M23.
Intumwa idasanzwe y’umunyamabanga Mukuru w’umuryango w’abibumbye ,Bintou Keita Ari mu nama n’abayobozi bakuru n’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Tshisekedi AFC/m23 iyi nama ikaba yatangiye guhera saa yine kuri uyu wa Gatanu 13 Kamena2025 ikaba iri kubera mu mujyi wa Goma. Umuyobozi wa Monusco yageze