RDC:Kinshasa imvura y’Amahindu yahitanye abantu benshi abandi baburirwa irengero.
Mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo i Kinshasa imvura y’Amahindu yahitanye abantu benshi abandi baburirwa irengero.Nkuko byatangajwe na minisiteri y’umutekano n’ibikorwa by’umuco bigaragara ko iyi mvura yagize ingaruka kuma komine 8 y’umujyi wa Kinshasa. Mu itangazo ryiyi minisiteri rivuga ko
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda yavuze ko amasezerano y’amahoro na Congo ataragera ku rwego rwo gusinywa
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Jean Patrick Nduhungirehe, yatangaje ko amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akiri mu nzira y’ibiganiro, bityo hataragera ku gihe cyo kuyashyira umukono. Ibi yabitangaje mu gihe hari amakuru yavugaga ko
Donald Trump yahakaniye Israel umugambi wo kugerageza kwivugana Ayatollah wa Iran
Bivugwa ko Donald Trump, wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, atigeze yemeranya n’umugambi wa Israel wo kugerageza kwivugana Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayatollah Ali Khamenei, mu gihe yari agifite ububasha bwo kuyobora. Amakuru aturuka ku bayobozi batatu bo muri Amerika
Imodoka y’Umunyamakuru Bianca Yari Yaribwe Yabonetse mu Karere ka Kamonyi
Nyuma y’igihe gito bivuzwe ko Bianca, umunyamakuru ukorera SK FM na ISIBO TV, yibwe imodoka yo mu bwoko bwa Hyundai, amakuru mashya yamenyekanye ni uko iyo modoka yagaragaye mu gace ka Bishenyi, gaherereye mu Karere ka Kamonyi. Mu kiganiro yagiranye n’igitangazamakuru IGIHE
Musanze yigaranzuye andi makipe mu mikino ya nyuma ya “Umurenge Kagame Cup 2025”
Akarere ka Musanze kabaye indiri y’ibyishimo nyuma y’uko amakipe yahagarariye aka karere yegukanye ibikombe mu mikino ya nyuma ya “Umurenge Kagame Cup 2025,” irushanwa ryitiriwe Perezida wa Repubulika, rikaba ryarasojwe kuri iki Cyumweru. Mu mukino wa Basketball, Musanze yitwaye neza mu byiciro byombi.
RDC:Tumenye inkomoko y’umutwe wa M23 n’abawugize.
Umutwe wa m23 bisobanura itariki 23 z’ukwezi kwa Gatatu ,ibi byavuye m’ururimi rw’igifaransa 23 Mars, ni umutwe wavutse ukomotse ku masezerano yasinywe hagati y’ubutegetsi bwa Perezida Joseph Kabila Kabange n’abahoze mu barwanyi b’umutwe wa CNDP(Congres National Pour la Defense du Peuple) mu mwaka
Iran/Israel:Menya inkomoko yo gushyamirana kwa Iran na Israel
Igihugu cya Iran na Israel bimaze igihe kinini ari abanzi. Kuko Iran itemera Israel nk’igihugu ahubwo igashyigikira imitwe yose yitwaje intwaro yose irwanya Israel. Iran ishyigikira imitwe yitwaje intwaro irwanya Israel nka Hamas yo muri Gaza mugihugu cya Palestine, igashyigikira Hezbollah yo muri
Les conséquences de la crise économique au Burundi
Les conséquences de la crise économique au Burundi La crise économique au Burundi se manifeste dans plusieurs secteurs de la vie nationale, révélant que le pays traverse une période difficile sur le plan économique. La hausse des prix des produits de base et
Inkurikizi z’ikibazo cy’ubukungu mu Burundi (La crise économique)
Inkurikizi z’ikibazo cy’ubukungu mu Burundi REBA AMAKURU YA VIDEO Inkurikizi z’ikibazo cy’ubukungu mu Burundi (La crise économique) ziragenda zigaragara mu nzego zitandukanye z’ubuzima bw’igihugu, zigaragaza ko igihugu kiri mu bihe bikomeye by’ubukungu. Ibiciro by’ibicuruzwa n’ibura ry’ibikoresho by’ingenzi Ibiciro by’ibicuruzwa by’ibanze byazamutse cyane, aho
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, abagabo bahorwa igikoma
Mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, abagabo bahorwa igikoma Ntibisanzwe kumva ko hari abakubitwa bazizwa imyitwarire yabo myiza, kuko insoresore zo mu karere ka Kayonza, umurenge wa Rukara, akagari ka Rwimishinya, ziri kwibasira abagabo batajya mu kabari zibahora ko banywa igikoma. Izo