Yampano agiye gutaramira abakunzi be i Rubavu mu gitaramo cyihariye
Umuhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo zifite ubutumwa bukomeye ku buzima n’urukundo, Uworizagwira Florien uzwi nka Yampano, agiye gutaramira abafana be mu gitaramo gikomeye kizabera mu Karere ka Rubavu. Uyu musore wavukiye mu Karere ka Nyamasheke amaze kwigarurira imitima ya benshi biciye mu bihangano
Goma/Afc m23:Abayobozi bashya b’intara ya Kivu Y’Amajyepfo barahiriye inshingano zabo.
Mu Mafoto umuhango wirahira ry’Abayobozi bashya b’intara ya Kivu y’Amajyepfo. Mu mujyi wa Goma, Busu Bwa Ngwi Nshombo Patrick Guverineri mushya w’intara ya Kivu y’Amajyepfo na Mukiza Nzabinesha Gadi Visi-Guverineri Ushinzwe ubukungu n’iterambere barahiriye izo nshingano imbere y’abayobozi ba AFC/M23 barimo Corneille Nangaa
RDC:Lt Gen Jean Claude Yav umusirikare muri FARDC yatawe muri yombi.
Amakuru ava mu gisirikare cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko urwego rw’iperereza rwa DEMIAP ko rwamaze guta muri yombi umusirikare mukuru muri FARDC witwa Lt Gen Jean Claude Yav akaba yafatiwe iwe i Kinshasa. Uyu Lt Gen Jean Claude Yav yari
Iran vs USA:Perezida Donald Trump yarakariye Iran ashobora kuyirasaho.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika k’urukuta rwe rwa Truth Social yasabye abaturage bose kuva mu mujyi wa Tehran ,umurwa mukuru wa Iran ,aho bivugwa ko USA ishobora kuba igiye kuhagaba ibitero simusiga. Trump yagize ati:”Iran yagombaga kwemera amasezerano nabasabye.Ni agahomamunwa
Burundi:Polisi yatangiye guhohotera impunzi z’Abanyekongo.
Mu nkambi y’impunzi iri m’Uburasirazuba bw’igihugu cy’u Burundi yitwa Musenyi ,iherereye muri komine Giharo mu ntara ya Rutana ahari impunzi z’Abanyekongo zatangiye guhohoterwa n’igipolisi cy’Uburundi. Nk’uko bitangazwaz nizi mpunzi biravugwa ko impunzi igerageje gusoka inkambi icibwa amafaranga cyane iyo ufatiwe mu isoko rya
Iran:Ali Shadmani wari umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran yishwe na Israel.
Uwari yagizwe umugaba w’Ingabo Mukuru w’igisirikare cya Iran yishwe na Israel, ibi ni ibyatangajwe n’igisirikare cya Israel ko cyarashe Ali Shadmani uherutse guhabwa inshingano zo kuba umugaba Mukuru w’Ingabo za Iran. Uyu mugaba nta minsi itatu yaramaze ahawe izi nshingano nyuma y’uko uwari
RDC:Hamenyekanye Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abasirikare bakuru b’Abarundi na Fardc .
Hamenyekanye Ibyemezo byafatiwe mu nama y’abasirikare bakuru b’Abarundi na Fardc ndetse n’intumwa za Ambasade ya Afurika Y’Epfo n’iyi gihugu cy’Ububiligi. Kuri uyu wa mbere tariki ya 16/06/2025 nibwo I Bujumbura muri Quartier ya Musaga ,hateraniye inama y’abayobozi bakuru b’ingabo zu Burundi zagiye
RDC/Burundi:Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru babo bari muri Uvila.
Igisirikare cy’Uburundi cyatumije abasirikare bakuru biki gisirikare bari k’urugamba mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo,ahatumijwe abasirikare bakuru ndetse n’abasirikare bakuru bashinzwe ubutasi muri izo ngabo zagiye kurwana muri iki gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo. Amakuru dukesha ikinyamakuru cya Telegrame
Majoro mu gisirikare cy’u Burundi yishwe na malariya yakuye muri Kongo.
Majoro mu gisirikare cy’u Burundi yishwe na malariya yakuye muri Kongo. Major mu gisirikare cy’Uburundi uzwi ku mazina ya Marius Nimubona yarwariye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, aho yari ari mu basirikare barwana n’umutwe wa M23, maze uwo mu majoro araremba abura
Burundi, padiri yafunzwe akimara kuva gusoma misa
Burundi, padiri yafunzwe akimara kuva gusoma misa Padiri wa kiriziya gatolika yafatiwe aho bita mu Gitaza, muri komine Muhuta, mu ntara ya Rumonge (mu mavugurura mashyashya hakaba hazaba muri Bujumbura), padiri rero akaba yarafashwe akimara gusoma misa. Byabaye ku cyumweru tariki ya 15/6/2025.