Trump yatangaje ko azafata icyemezo cyo gutera Iran mu byumweru 2 .
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko azafata icyemezo ku gutera cyangwa kudatera Iran mu byumweru bibiri biza. Mu kiganiro n’abanyamakuru yakoze ejo kuwa Gatatu Karoline Leavitt yagize ati”Reka tubyumve neza,Iran ifite ibyo ikeneye byose kugira ngo igere ku ntwaro
U Rwanda rwafashe ingamba kubera intambara ya Israel na Iran
Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yashyizeho itsinda rihoraho rishinzwe gukurikirana ibijyanye n’ibikomoka kuri peteroli, byinjira mu gihugu ndetse n’ububiko bufite, hagamijwe kwirinda ingaruka zituruka ku makimbirane ari kuba hirya no hino ku Isi, cyane cyane intambara yahuje Israel
Mbappe yajyanwe mu bitaro mu buryo butunguranye.
Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid Kylian Mbappe ntiyitabiriye umukino wa mbere w’ikipe ye mu marushanwa ya Club World Cup wabereye i Miami,aho bahuye na Al Hilal yo muri Arabiya Sawudite kuwa Gatatu,kubera kugira umuriro mwinshi. Umutoza wa Real Madrid ,Xabi Alonso
Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda yasoye itangazo rimenyekanisha amatariki atandukanye y’ikiruhuko rusange. Muri iri tangazo rigaragaramo ko :kuwa Kabiri ,tariki ya 1 Nyakanga 2025 ari umunsi w’ubwigenge. Kuwa Gatatu,tariki ya 4 Nyakanga 2025 ko azaba ari umunsi wo kwibohora. Iyi minisiteri
RDC:Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Rubaya cyaguye ku bantu.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ,tariki ya 20Kamena 2025 nibwo hamenyekanye amakuru yicamugongo avuga ko mu gace ka Mataba gaherereye muri Rubaya,muri teritwari ya Masisi aho bivugwa ko icyo kirombe ari icyumu Wazalendo witwa Justin Ndayishimiye aho amakuru avuga ko icyo
Ingabire Victoire yongeye gutabwa muri yombi
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko hakorwa iperereza rirambuye ku ruhare akekwaho mu bikorwa bivugwaho kuba bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu. Iri perereza rishingiye ku byaha bikubiyemo kurema umutwe w’abantu bagamije ibikorwa by’urugomo no gukwirakwiza
Rubavu:Ubuyobozi bwerekanye ibikorwa bitanga amahirwe kw’ishoramari muri aka karere.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwerekanye ibikorwa bitandukanye bishobora kubyazwa amahirwe mu ishoramari muri kano karere kegereye ikiyaga cya Kivu. Ni igikorwa cyatangijwe n’umuyobozi w’Akarere ka Rubavu bwana Mulindwa Prosper ari kumwe n’abayobozi batandukanye b’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’u Rwanda(RDB) ,iki gikorwa cyo
Italiki y’isomwa ry’urubanza rwa RDC n’u Rwanda yamenyekanye
Ku wa kane, tariki ya 26 Kamena 2025, Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage ruzatanga imyanzuro yarwo ku bijyanye n’ububasha bwarwo no kwakira ikirego cyatanzwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) ku Rwanda. Kinshasa ishinja Kigali ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bwa
Davido agiye kuzenguruka Isi ashyira ahabona album ye nshya ya “5Ive”
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo azakorera mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Amerika ya Ruguru n’u Burayi, mu rwego rwo kumenyekanisha album ye nshya ya gatanu yise “5Ive”. Uyu muhanzi ukomoka muri Nigeria, wubatse izina
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo.
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo. Imidugudu n’uturere twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo imaze ibyumweru byinshi mu mvururu ziturutse ku mirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’abarwanyi bo mu mitwe