Trump yatangaje ko azafata icyemezo cyo gutera Iran mu byumweru 2 .

Trump yatangaje ko azafata icyemezo cyo gutera Iran mu byumweru 2 .

Jun 20, 2025

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yatangaje ko azafata icyemezo ku gutera cyangwa kudatera Iran mu byumweru bibiri biza. Mu kiganiro n’abanyamakuru yakoze ejo kuwa Gatatu Karoline Leavitt yagize ati”Reka tubyumve neza,Iran ifite ibyo ikeneye byose kugira ngo igere ku ntwaro

Read More
U Rwanda rwafashe ingamba kubera intambara ya Israel na Iran

U Rwanda rwafashe ingamba kubera intambara ya Israel na Iran

Jun 20, 2025

Minisitiri w’Intebe, Dr. Edouard Ngirente, yatangaje ko Leta y’u Rwanda yashyizeho itsinda rihoraho rishinzwe gukurikirana ibijyanye n’ibikomoka kuri peteroli, byinjira mu gihugu ndetse n’ububiko bufite, hagamijwe kwirinda ingaruka zituruka ku makimbirane ari kuba hirya no hino ku Isi, cyane cyane intambara yahuje Israel

Read More
Mbappe yajyanwe mu bitaro mu buryo butunguranye.

Mbappe yajyanwe mu bitaro mu buryo butunguranye.

Jun 20, 2025

Umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid Kylian Mbappe ntiyitabiriye umukino wa mbere w’ikipe ye mu marushanwa ya Club World Cup wabereye i Miami,aho bahuye na Al Hilal yo muri Arabiya Sawudite kuwa Gatatu,kubera kugira umuriro mwinshi. Umutoza wa Real Madrid ,Xabi Alonso

Read More
Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.

Minisitiri y’umurimo yagaragaje amatariki y’ibiruhuko atandukanye.

Jun 20, 2025

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo mu Rwanda yasoye itangazo rimenyekanisha amatariki atandukanye y’ikiruhuko rusange. Muri iri tangazo rigaragaramo ko :kuwa Kabiri ,tariki ya 1 Nyakanga 2025 ari umunsi w’ubwigenge. Kuwa Gatatu,tariki ya 4 Nyakanga 2025 ko azaba ari umunsi wo kwibohora. Iyi minisiteri

Read More
RDC:Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Rubaya cyaguye ku bantu.

RDC:Ikirombe gicukurwamo amabuye y’agaciro cya Rubaya cyaguye ku bantu.

Jun 20, 2025

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu ,tariki ya 20Kamena 2025 nibwo hamenyekanye amakuru yicamugongo avuga ko mu gace ka Mataba   gaherereye muri Rubaya,muri teritwari ya Masisi aho bivugwa ko icyo kirombe ari icyumu Wazalendo witwa Justin Ndayishimiye aho amakuru avuga ko icyo

Read More
Ingabire Victoire yongeye gutabwa muri yombi

Ingabire Victoire yongeye gutabwa muri yombi

Jun 20, 2025

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko hakorwa iperereza rirambuye ku ruhare akekwaho mu bikorwa bivugwaho kuba bigamije guhungabanya umutekano w’igihugu. Iri perereza rishingiye ku byaha bikubiyemo kurema umutwe w’abantu bagamije ibikorwa by’urugomo no gukwirakwiza

Read More
Rubavu:Ubuyobozi bwerekanye ibikorwa bitanga amahirwe kw’ishoramari muri aka karere.

Rubavu:Ubuyobozi bwerekanye ibikorwa bitanga amahirwe kw’ishoramari muri aka karere.

Jun 20, 2025

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwerekanye ibikorwa bitandukanye bishobora kubyazwa amahirwe mu ishoramari muri kano karere kegereye ikiyaga cya Kivu.   Ni igikorwa cyatangijwe n’umuyobozi w’Akarere ka Rubavu bwana Mulindwa Prosper ari kumwe n’abayobozi batandukanye b’ikigo cy’igihugu gishinzwe iterambere ry’u Rwanda(RDB) ,iki gikorwa cyo

Read More
Italiki y’isomwa ry’urubanza rwa RDC n’u Rwanda yamenyekanye

Italiki y’isomwa ry’urubanza rwa RDC n’u Rwanda yamenyekanye

Jun 20, 2025

Ku wa kane, tariki ya 26 Kamena 2025, Urukiko Nyafurika rwita ku burenganzira bwa muntu n’abaturage ruzatanga imyanzuro yarwo ku bijyanye n’ububasha bwarwo no kwakira ikirego cyatanzwe na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC) ku Rwanda. Kinshasa ishinja Kigali ihohoterwa rikabije ry’uburenganzira bwa

Read More
Davido agiye kuzenguruka Isi ashyira ahabona album ye nshya ya “5Ive”

Davido agiye kuzenguruka Isi ashyira ahabona album ye nshya ya “5Ive”

Jun 19, 2025

  Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Davido, yatangaje gahunda y’urugendo rw’ibitaramo azakorera mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane wa Amerika ya Ruguru n’u Burayi, mu rwego rwo kumenyekanisha album ye nshya ya gatanu yise “5Ive”. Uyu muhanzi ukomoka muri Nigeria, wubatse izina

Read More
Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo.

Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo.

Jun 19, 2025

Intambara ikomeje kwaduka mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo. Imidugudu n’uturere twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo imaze ibyumweru byinshi mu mvururu ziturutse ku mirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za AFC/M23 n’abarwanyi bo mu mitwe

Read More