RDC:COmmunique officiel de l’Alliance Fleuve Congo
COMMUNIQUÉ OFFICIEL DE L’ALLIANCE FLEUVE CONGO (AFC/M23) DU 30 JUIN 2025
RDC:Minembwe FARDC yongeye kuharasa ikoresheje indege ya Sukoi 25
Ingabo za Repubulika iharanira demokarasi ya Congo FARDC,ndetse nabo bafatanya kurwanya umutwe wa Twirwaneho ubarizwa mu ihuriro rya AFC/M23, bazindutse barasa amabombe bakoresheje indege mu misozi ya Minembwe aho barashe indege yari izanye imiti ku mavuriro ari muri kano gace. Amakuru dukesha abaturage
RDC/Kinshasa:Amasezerano y’u Rwanda na RDC si inyandiko gusa/Perezida Tshisekedi
Mu ijambo Perezida wa Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yagejeje ku gihugu kuri uyu munsinwo kwizihiza isabukuru y’imyaka 65 ,iki gihugu kibonye ubwigenge yatanagaje ko amasezerano igihugu cye cyagiranye n’u Rwanda atari inyandiko gusa ko ari icyizere cy’anahoro. Yagize ati:”ibirori by’uyu munsi bifite
U Burusiya bwagabye igitero gikomeye ku nganda za gisirikare muri Ukraine
Mu ijoro ryo ku wa 29 Kamena 2025, u Burusiya bwakoze igitero cy’ubukana kigabwa ku bikorwa remezo bya gisirikare muri Ukraine, by’umwihariko ku nganda zikora intwaro ndende n’indege zitagira abapilote, ndetse n’izitunganya ibikomoka kuri peteroli. Minisiteri y’Ingabo y’u Burusiya yatangaje ko icyo gitero
RDC:Kubeshya ko nta kibazo kiri muri RDC ko ari ikibazo cya Kigali na Kinshasa byaba ari ubushukanyi butakihanganirwa/Nangaa Corneille
Umuhuzabikorwa w’ihuriro rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira demokarasi ya Congo (AFC/M23) Corneille Nangaa yatangaje ko amasezerano aherutse gusinywa hagati y’ubwo butegetsi n’ubutegetsi bw’u Rwanda ,i Washington ari intambwe ituzuye ariko ko ari amasezerano y’ingenzi. Mu ijambo yavuze ko ageneye abaturage ba Repubulika iharanira
Chris Brown yasabye ko atagomba kugereranywa n’abandi bahanzi
Umuhanzi w’Umunyamerika Chris Brown, uzwi cyane mu ndirimbo z’urukundo n’imbyino, yatangaje ko abona bidakwiye ko akomeza kugereranywa n’abandi bahanzi. Yabigarutseho mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, aho yasabye abafana be n’abasesenguzi mu bijyanye n’imyidagaduro kumureka agakomeza gukora ibyo ashoboye ntawe umugerageza. Chris
Iran ishyize ingaruka z’ibitero bya Amerika mu rukuta rw’ibiganiro kuri nucléaire
Iran yatangaje ko ititeguye gusubira mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bijyanye n’intwaro za kirimbuzi (nucléaire), igihe cyose hatabayeho ibisobanuro birambuye ku byerekeye ibitero Amerika iheruka kuyigabaho. Kuwa 22 Kamena 2025, Leta ya Amerika yagabye igitero ku bice bikomeye bya
António Guterres yashimagije amasezerano ya RDC n’u Rwanda
António Guterres, umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye, yishimiye isinywa ry’amasezerano y’amahoro hagati ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo n’u Rwanda ku buhuza bwa Leta zunze ubumwe z’Amerika. Binyuze mw’itangazo umuyobozi w’umuryango w’abibumbye yasanze aya masezerano ari intambwe y’ingenzi iganisha ku kugarura ituze n’umutekano mu
RDC:ONU yahagaritse iperereza ku byaha byakorwaga m’Uburasirazubwa bwa RDC kubera kubura amafaranga
Mu rugendo rwiwe mu kwezi kwa kane 2025,Volker Turk uyobora OHCHR yavuze ko abaturage bo mu ntara ya Kivu Y’Amajyaruguru na Kivu Y ‘Amajyepfo bihebye,barushye cyane ,bacitse intege kubera imyaka mirongo bamaze mu ntambara. Ishami rya ONU rishinzwe uburenganzira bwa muntu OHCHR ryashinze
RDC:Menya amasezerano yose RDC yagiye isinya agamije gusenya FDLR akaba amasigarakicaro
KANDA HANO UBONE VIDEO YIBIBAYE IMURENGEGuhera umutwe w’iterabwoba wa FDLR ushinzwe n’abagize uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, watangiye gukora ibikorwa bibuza umutekano abaturage b’u Rwanda ndetse n’abanyekongo batuye m’uburasirazuba bw’iki gihugu ,cyane cyane abo mu bwoko bw’Abatutsi nk’uko raporo