Rwanda:Intwararumuri twaje kubabwira ko mutari mwenyine/Uwacu Julienne.
Ubutumwa bwa Madamu Julliene Uwacu, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Unity Club, Yageneye Intwaza, urubyiruko, n’abafatanyabikorwa: Yihanganishije ababyeyi agira ati: Intwararumuri twaje kubabwira ko mutari mwenyine. Abayobozi b’Igihugu cyacu babumva, babateze amatwi kandi babafite ku mutima. Twiyemeje kutazigera tubasiga inyuma, tuzakomeza gukora ibishoboka byose
Rayon Sports yagaragaje umutoza mushya ugiye kuyifasha guhangana n’amakipe yatumye itsikira
Ikipe ya Rayon Sports imaze gutangaza ku mugaragaro ko Afhamia Lotfi wo muri Tuniziya ari we mutoza wayo mukuru mushya uzayifasha mu mwaka w’imikino wa 2025-2026. Ibi byemejwe binyuze mu itangazo ryashyizwe ahabona n’ubuyobozi bw’iyi kipe kuri uyu wa Gatanu. Hashize iminsi havugwa
RDC/GOMA:Corneille Nangaa uyobora AFC/M23 yahuye na Joseph Kabila Kabange.
Ubuyobozi bw’ihuriro Alliance Fleuve Congo AFC/M23 ryahuye n’uwahoze ari perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Joseph Kabila Kabange bahuriye mu mujyi wa Goma umaze igihe ugenzurwa niri huriro. Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu mujyi wa Goma kuwa gatanu tariki ya 30 Gicurasi 2025
Nikihe gisubizo cyafatwa ku gakiriro ka Gisozi kongeye gushya ubugira karindwi?
Mu gitondo cyo ku wa 30 Gicurasi 2025, inkongi y’umuriro yongeye kwibasira agakiriro ka Gisozi gaherereye mu murenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo, bituma abantu benshi bahakorera bongeye kwisanga mu gihirahiro. Ni inkongi ya karindwi igaragaye muri aka gace kazwiho gukorerwamo imirimo y’ububaji
AMAJYARUGURU: Ishyaka rya DGPR/Green Party ryahuguye abarwanashyaka baryo mu karere ka Burera.
Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda (democratic Green Party of Rwanda) ryakoze inama ndetse n’amahugurwa mu ntara y’Amajyaruguru, mu karere ka Burera aho batoye n’inzego zuzuza izari zisanzweho. Inama ndetse n’amahugurwa byitabiriwe n’abahagarariye iby’ibyiciro byose, byabagize iri shyaka mu karere ka
RDC/GOMA:AFC/M23 yatangaje ko abantu 874 bapfuye igihe bafata umujyi wa Goma.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko abantu 874 bapfuye ubwo ryari m’ urugamba rwo gufata Umujyi wa Goma mu mpera za Mutarama 2025. Ni amakuru akubiye muri raporo yamuritswe kuri uyu wa 30 Gicurasi,ubwo AFC)m23 ryanyomozaga
RDC/GOMA:AFC/M23 announced that 874 people died during to capture the city of Goma.
The alliance Congo river (AFC/M23) the coalition which is fighting against the government of the Democratic Republic of Congo has annonced that 874 people died during its offensive to capture the city of Goma at the end of January 2025. This announcent
RDC:Imiryango itegamiye kuri leta iratabariza abajenerali 29 ba Fardc bafunzwe bazira inkomoko yabo.
Imiryango itegamiye kuri leta ikorera muri repubulika iharanira demokarasi ya Congo iratabariza abajenerari bo muri Fardc bafunzwe kuko bafunzwe nabi kandi mu buryo budakurikije amategeko kuko impamvu nyamukuru ibafunze aruko bakomoka mu miryango ivuga igiswahili aba bajenerari bakaba bagera muri 29. Mu itangazo
RDC:Inteko ishinga mategeko ya RDC yemereye ubushunjacyaha gukurikirana minisitiri w’ubutabera.
Inteko ishinga amategeko ya repubulika iharanira demokarasi ya Congo ,umutwe w’abadepite wemereye umushinjacyaha mukuru w’urukiko rusesa imanza muri iki gihugu gutangira gukurikirana mu nkiko minisitiri w’ubutabera ,Constant Mutanba kumukurikiranaho ibyaha byo kunyereza umutungo wa Leta akekwaho. Umushinjacyaha mukuru w’urukiko rushinzwe gusesa imanza
RDC/RWANDA:Ntabwo twaje gukuraho inzira zisanzwe zo gukemura ibibazo\Hilarison Etong.
Umuyobozi mukuru w’inteko ishinga amategeko y’ibihugu bikoresha ururimi rw’igifaransa,OIF Hilarion Etong,yavuze ko icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwasabiye ibihano igihugu cy’u Rwanda burushinja uruhare mu bibazo by’umutekano mukeya m’uburasirazuba bwa RDC no gufasha umutwe wa m23 gitandukanye n’uruhare bifuza kugira