Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi bahuriye i Doha mu buryo butunguranye

Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi bahuriye i Doha mu buryo butunguranye

Mar 18, 2025

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku wa 18 werurwe 2025 bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha ku mahoro arambye, nk’uko ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar

Read More
Gitangaza Prince ukekwaho kwica umuntu agahungira muri Uganda yagaruwe mu Rwanda

Gitangaza Prince ukekwaho kwica umuntu agahungira muri Uganda yagaruwe mu Rwanda

Mar 15, 2025

kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Weruwe 2025, u Rwanda rwakiriye Gitangaza Prince wari warahungiye muri Uganda nyuma yo gucyekwaho kugira uruhare ku cyaha cy’iyicarubozo cyakorewe uwitwa Haberumugabo Guy Divin mu Ugushyingo 2024 nkuko byatangajwe na RIB ibinyujije kuri ‘X’. RIB yavuze ko

Read More
Uruzinduko rwa perezida Kagame I gahanga rwahinduwe

Uruzinduko rwa perezida Kagame I gahanga rwahinduwe

Mar 13, 2025

Uruzinduko rw’umukuru w’igihugu yari kugirira mu karere ka kicukiro muri Gahanga rwasubitswe ruhindurirwa umunsi naho ruzabera. Ibi byatangarijwe mu itangazo umujyi wa Kigali wanyujije kurukuta rwa X tariki 13 Werurwe 2025, watangaje ko uruzinduko rwa Perezida Kagame rwagombaga Kubera i Gahanga mu Karere

Read More
Abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda batangiye kwandikwa

Abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda batangiye kwandikwa

Mar 6, 2025

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Werurwe 2025, igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibikorwa byo kwandika abifuza

Read More
“Nindeka gakondo nzaba pasteur”-Massamba

“Nindeka gakondo nzaba pasteur”-Massamba

Mar 1, 2025

Umuhanzi nyarwanda mu njyana ya gakondo Massamba Intore yatangaje ko umunsi azarekera kuririmba gakondo akayivamo burundu ko azaba pasteur ‘Umubwiriza’ Ibi yabivugiye mu kiganiro Samedi detante kuri radiyo Rwanda ku wa gatandatu tariki 1 Werurwe 2025. Aha yabajijwe indi njyana yakora aramutse aretse

Read More