Perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi bahuriye i Doha mu buryo butunguranye
Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Tshisekedi wa repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku wa 18 werurwe 2025 bahuriye i Doha muri Qatar bahujwe n’umukuru w’iki gihugu, bemeranya guhera hano bagakomeza ibiganiro biganisha ku mahoro arambye, nk’uko ministeri y’ububanyi n’amahanga ya Qatar
Gitangaza Prince ukekwaho kwica umuntu agahungira muri Uganda yagaruwe mu Rwanda
kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Weruwe 2025, u Rwanda rwakiriye Gitangaza Prince wari warahungiye muri Uganda nyuma yo gucyekwaho kugira uruhare ku cyaha cy’iyicarubozo cyakorewe uwitwa Haberumugabo Guy Divin mu Ugushyingo 2024 nkuko byatangajwe na RIB ibinyujije kuri ‘X’. RIB yavuze ko
Uruzinduko rwa perezida Kagame I gahanga rwahinduwe
Uruzinduko rw’umukuru w’igihugu yari kugirira mu karere ka kicukiro muri Gahanga rwasubitswe ruhindurirwa umunsi naho ruzabera. Ibi byatangarijwe mu itangazo umujyi wa Kigali wanyujije kurukuta rwa X tariki 13 Werurwe 2025, watangaje ko uruzinduko rwa Perezida Kagame rwagombaga Kubera i Gahanga mu Karere
Abifuza kwinjira mu ngabo z’u Rwanda batangiye kwandikwa
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda bwasohoye itangazo rihamagarira abasore n’inkumi babishaka kwiyandikisha kugira ngo binjire mu ngabo z’u Rwanda mu byiciro bitandukanye. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu gitondo cyo kuri uyu wa 06 Werurwe 2025, igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko ibikorwa byo kwandika abifuza
“Nindeka gakondo nzaba pasteur”-Massamba
Umuhanzi nyarwanda mu njyana ya gakondo Massamba Intore yatangaje ko umunsi azarekera kuririmba gakondo akayivamo burundu ko azaba pasteur ‘Umubwiriza’ Ibi yabivugiye mu kiganiro Samedi detante kuri radiyo Rwanda ku wa gatandatu tariki 1 Werurwe 2025. Aha yabajijwe indi njyana yakora aramutse aretse